Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Hari abakoresha ubwishingizi burimo RAMA babangamiwe no kwandikirwa imiti farumasi ntiziyibahe
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
ubuzima

Hari abakoresha ubwishingizi burimo RAMA babangamiwe no kwandikirwa imiti farumasi ntiziyibahe

igire
igire Yanditswe March 7, 2024
Share
SHARE

Hari abaturage bivuriza kuri mituweli na RAMA biganjemo abafite indwara zidakira, bavuga ko bakomerewe no kuba hari imiti bandikirwa ariko za farumasi zikayibima kuko ngo baba barayiranguye ibahenze.

Aba baturage bagaragaza ko iyo muganga abandikiye imiti bakeneye bakajya kuyigura muri farumasi, hari igihe abakora muri izo farumasi bahitamo kuyibima cyangwa bakababwira ko ntayihari rimwe na rimwe bagasabwa kuyiyishyurira 100%, nyamara bafite ubwishingizi. 

Bavuga ko ibi bituma bamwe barushaho kuremba.

Ku ruhande rw’abacuruza imiti bavuga ko hari igihe bayirangura ibahenze kandi yishingiwe amafaranga make cyangwa ikaba itari ku rutonde rw’imiti yishyurwa n’ubwishingizi.

Umuyobozi w’Ishami ry’Ubwisungane mu kwivuza muri RSSB, Dr Alexis Rulisa, avuga ko barimo kuvugurura urutonde rw’imiti irimo ku bwishingizi hongerwamo indi mu rwego rwo kunoza serivisi abanyamuryango bahabwa.

Buri mezi atandatu, RSSB ivugurura ibiciro by’imiti yishingira, gusa hari n’abarwayi bajya muri farumasi bagasanga hari imiti yishingiwe ariko bagasabwa kongeraho amafaranga atari ku bwishingizi.

You Might Also Like

Abajyanama b’Ubuzima bagiye kongererwa ubushobozi

Ibyaranze ishyingurwa rya Papa Francis

Ibyo wamenya kuri Bazilika ‘Santa Maria Maggiore’ ishyingurwamo Papa Fransikiko

Iyo uburezi bukora akazi kabwo neza, Jenoside ntiyari kuba – Minisitiri Nsengimana

Abapolisi batanze amaraso yo kuzafashisha abarwayi

igire March 7, 2024 March 7, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

UEFA Champions League:PSG isezereye Arsenal isanga Inter ku mukino wa nyuma
SIPORO

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?