- Advertisement -
Ad imageAd image

Politiki

Abadepite bagaragaje ko ubusinzi n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge mu rubyiruko biri gufata indi ntera

Abadepite bagize Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage bagaragaje ko mu turere tumwe na tumwe hari ikibazo cy’izamuka ry’ubusinzi n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge cyane cyane…

na igire
2 Min Read

Corneille Nangaa yahawe umugisha na Musenyeri

Umuhuzabikorwa w’Ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa wari witabiriye ibirori byo kwizihiza isabukuru yo guhabwa ubutagatifu ku musore wapfuye muri 2007, yahawe…

na igire
1 Min Read

Perezida Kagame yerekeje mu Busuwisi

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yageze i Geneva mu Busuwisi aho yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku ikoreshwa ry’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano…

na igire
2 Min Read

Imikino

Thierry Henry yitiriwe izina ry’umuhanda i New York .

Umunyabigwi w’ikipe ya Arsenal, Thierry Henry, yahawe icyubahiro cyo kwitirirwa umuhanda mu mujyi wa New York City, ariko ntiyabashije kwitabira…

Ibyo wamenya ku bayobozi bashya Perezida Kagame yashyize mu nshingano

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma aho muri minisiteri eshatu yashyizeho abaminisitiri bashya ndetse anazikora mu banyamabanga no mu bayobozi…

Kuva kuri Pelé kugeza kuri Messi na Ronaldo, menya uduhigo tumaze gukorwa mu gikombe cy’isi.

Igikombe cy’Isi cya 2026  kiratangira kuwa  11 Kamena 2026 aho kigomba kubera  mu bihugu bitatu  aribyo Leta Zunze Ubumwe za…

Imyidagaduro

Abafana ba Pitbull barenga ibihumbi 22 bamufashije kwandika amateka.

Umuraperi w'icyamamare Pitbull yanditse amateka mashya muri Guinness World Records(igitabo cy'andikwamo abakoze uduhigo tudasanzwe kw’isi) nyuma yo guhuriza hamwe abantu 22.141 bari bambaye ingofero zigaragaza umutwe nkufite uruhara (bald caps),…