Abagabo barenga 100 bo mu Itorero Eglise Pentecôte des Assemblées de Dieu au Rwanda baturutse hirya no hino mu Gihugu bavuga ko umwiherero w’iminsi ibiri (18-20) usize biyemeje kwiminjiramo agafu bubaka ingo…
John Healey yatangaje ko yeguye ku mwanya wa Minisitiri w’Ingabo (Defence Secretary), avuga ko gahunda y’ishoramari mu rwego rw’ingabo izwi…
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma aho muri minisiteri eshatu yashyizeho abaminisitiri bashya ndetse anazikora mu banyamabanga no mu bayobozi…
Ubwitabire mu kwiyandikisha muri sisitemu y’Indangamuntu Koranabuhanga (e-Indangamuntu) iratanga icyizere kuko mu Ntara abaturage bamaze kwitabira bageze ku gipimo cya…
Umunyabigwi w’ikipe ya Arsenal, Thierry Henry, yahawe icyubahiro cyo kwitirirwa umuhanda mu mujyi wa New York City, ariko ntiyabashije kwitabira…
Igikombe cy’Isi cya 2026 kiratangira kuwa 11 Kamena 2026 aho kigomba kubera mu bihugu bitatu aribyo Leta Zunze Ubumwe za…
Yanditswe na Bigenimana Didier Ikipe ya Paris Saint-Germain (PSG) yabaye iya kabiri mu mateka yegukanye igikombe cya UEFA Champions League…
Nyuma y’igihe kirenga imyaka umunani atagera mu Rwanda, umuhanzi Kitoko Bibarwa, wakanyujijeho mu ruhando rwa muzika Nyarwanda, agiye kongera gutaramira mu Rwanda. Kitoko yageze mu Rwanda Uyu muhanzi wavuze ko…
Sign in to your account