Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye abarimo Daniel Libeskind, Umunyabugeni mu guhanga inyubako akaba n’uwashinze Studio Libeskind, ikigo cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika gikora ibijyanye no gushushanya inzu…
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Afurika y’Epfo yatangaje ko Minisitiri w’iki gihugu, Ronald Lamola, ategerejwe kwakira mugenzi we w’u Rwanda, Olivier…
Niger yashyize mu bikorwa igitabo gishya cy’amategeko ahana ibyaha gihana ibikorwa by’ubutinganyi n’ibihano bikomeye birimo igifungo kirekire.Iki gihugu gikurikije inzira…
U Rwanda rwamaganye Raporo y’Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu (Human Rights Watch, HRW), ishinja ibinyoma Ingabo z’u Rwanda byo kugira…
Umunyabigwi w’ikipe ya Arsenal, Thierry Henry, yahawe icyubahiro cyo kwitirirwa umuhanda mu mujyi wa New York City, ariko ntiyabashije kwitabira…
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma aho muri minisiteri eshatu yashyizeho abaminisitiri bashya ndetse anazikora mu banyamabanga no mu bayobozi…
Igikombe cy’Isi cya 2026 kiratangira kuwa 11 Kamena 2026 aho kigomba kubera mu bihugu bitatu aribyo Leta Zunze Ubumwe za…
Nyuma y’igihe kirenga imyaka umunani atagera mu Rwanda, umuhanzi Kitoko Bibarwa, wakanyujijeho mu ruhando rwa muzika Nyarwanda, agiye kongera gutaramira mu Rwanda. Kitoko yageze mu Rwanda Uyu muhanzi wavuze ko…
Sign in to your account