Perezida wa Repubulika ya Santarafurika, Prof. Faustin-Archange Touadéra, yayoboye umuhango wo kwinjiza abasirikare bashya 566 mu Ngabo z’iki gihugu (FACA) nyuma yo kurangiza neza amahugurwa y’ibanze ya gisirikare y’amezi atandatu.…
Donatille Mukabalisa yitabye Imana nyuma y’igihe arwaye. Yari amaze iminsi avurirwa mu bitaro bya byitiriwe Umwami Faisal Hospital i Kigali,…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Nyakanga 2026 Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Ambasaderi Mushya…
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, kuri uyu wa kabiri tariki ya 28 Nyakanga 2026, yasuye Intore z’Urubyiruko 769 ziri…
Nyuma y’amasaha make Roberto Martinez atangaje ko avuye ku mirimo ye nyuma yo gusezererwa mu mikino ya 1/8 y’irangiza y’Igikombe…
Umunyabigwi w’ikipe ya Arsenal, Thierry Henry, yahawe icyubahiro cyo kwitirirwa umuhanda mu mujyi wa New York City, ariko ntiyabashije kwitabira…
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma aho muri minisiteri eshatu yashyizeho abaminisitiri bashya ndetse anazikora mu banyamabanga no mu bayobozi…
Umuhanzikazi w'icyamamare mu njyana ya Country, Shania Twain, yatangaje ko yakuriye mu rugo rwarangwagamo urugomo rukabije, aho we na bashiki be bakubitwaga ndetse rimwe na rimwe bagaterwa imigeri n'ababyeyi babo.…
Sign in to your account