Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB rwafunze abakozi 18 bo mu nzego zitandukanye za Leta barimo Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gishinzwe Ibiribwa n’Imiti Rwanda FDA, bakurikiranyweho ibyaha bifitanye isano n’ikorwa ry’ibinyobwa bitujuje ubuziranenge biherutse…
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Imiti n’Ibiribwa Rwanda FDA yatangaje ko yafunze izindi nganda 101 zenga inzoga mu Rwanda. Ni icyemezo…
Donatille Mukabalisa yitabye Imana nyuma y’igihe arwaye. Yari amaze iminsi avurirwa mu bitaro bya byitiriwe Umwami Faisal Hospital i Kigali,…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Nyakanga 2026 Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Ambasaderi Mushya…
Nyuma y’amasaha make Roberto Martinez atangaje ko avuye ku mirimo ye nyuma yo gusezererwa mu mikino ya 1/8 y’irangiza y’Igikombe…
Umunyabigwi w’ikipe ya Arsenal, Thierry Henry, yahawe icyubahiro cyo kwitirirwa umuhanda mu mujyi wa New York City, ariko ntiyabashije kwitabira…
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma aho muri minisiteri eshatu yashyizeho abaminisitiri bashya ndetse anazikora mu banyamabanga no mu bayobozi…
Umuhanzikazi w'icyamamare mu njyana ya Country, Shania Twain, yatangaje ko yakuriye mu rugo rwarangwagamo urugomo rukabije, aho we na bashiki be bakubitwaga ndetse rimwe na rimwe bagaterwa imigeri n'ababyeyi babo.…
Sign in to your account