Imihanda yo mu Mujyi wa Mashhad yari yuzuye abantu bitabiriye umuhango wo guherekeza mu cyubahiro Ayatollah Ali Khamenei wahoze ari Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, wapfuye nyuma yo kugwa mu bitero…
Abadepite bagize Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage bagaragaje ko mu turere tumwe na tumwe hari ikibazo cy’izamuka ry’ubusinzi n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge cyane cyane…
Umuhuzabikorwa w’Ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa wari witabiriye ibirori byo kwizihiza isabukuru yo guhabwa ubutagatifu ku musore wapfuye muri 2007, yahawe…
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yageze i Geneva mu Busuwisi aho yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku ikoreshwa ry’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano…
Umunyabigwi w’ikipe ya Arsenal, Thierry Henry, yahawe icyubahiro cyo kwitirirwa umuhanda mu mujyi wa New York City, ariko ntiyabashije kwitabira…
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma aho muri minisiteri eshatu yashyizeho abaminisitiri bashya ndetse anazikora mu banyamabanga no mu bayobozi…
Igikombe cy’Isi cya 2026 kiratangira kuwa 11 Kamena 2026 aho kigomba kubera mu bihugu bitatu aribyo Leta Zunze Ubumwe za…
Umuraperi w'icyamamare Pitbull yanditse amateka mashya muri Guinness World Records(igitabo cy'andikwamo abakoze uduhigo tudasanzwe kw’isi) nyuma yo guhuriza hamwe abantu 22.141 bari bambaye ingofero zigaragaza umutwe nkufite uruhara (bald caps),…
Sign in to your account