Ikigo cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) cyatangaje ko imisanzu abanyamuryango biteganiriza kuzagira amasaziro meza izwi nka (EjoHeza),binyuze kuri konti zabo imaze kugera kuri miliyari 62 z’amafaranga y’u Rwanda,hakiyongeraho uruhare rwa Leta…
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango RPF-Inkotanyi, Bazivamo Christophe, ku wa Kane tariki ya 26 Gashyantare 2026 yahuye n’Uhagarariye Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi…
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 25 Gashyantare 2026, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yakiriye itsinda ry’abayobozi 25…
Mu gihe u Rwanda ruri mu muvuduko wo kwagura imijyi n’imyubakire igezweho, ahenshi hahoraga hakinirirwa n’abana n’urubyiruko haragenda hazimira. Ibi…
TikTok yari iteganyijwe guhagarikwa muri Amerika muri Mutarama 2025 mu gihe kompanyi iyifite munshingano yo mu Bushinwa, ByteDance, itari kwemera…
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yashimiye Ikipe y’Igihugu ya Senegal yegukanye Igikombe cya Afurika cya 2025, nyuma yo gutsinda iya…
Ikipe ya Al Merrikh iri mu makipe abiri yo muri Sudani aherutse kwemererwa gukina muri Shampiyona y’u Rwanda yageze i…
Nyuma y’igihe kirenga imyaka umunani atagera mu Rwanda, umuhanzi Kitoko Bibarwa, wakanyujijeho mu ruhando rwa muzika Nyarwanda, agiye kongera gutaramira mu Rwanda. Kitoko yageze mu Rwanda Uyu muhanzi wavuze ko…
Sign in to your account