Perezida Paul Kagame arambiwe abayobozi bicara bagapanga igenamigambi ry’ibikorwa, ariko rikarangirira mu nyandiko, n’ibikozwe ugasanga bikorwa mu buryo busa nk’ubwo kwikiza aho gukora ibikorwa byagutse kandi birambye. Asoza umwiherero w’abayobozi…
Ingabo z’u Rwanda (RDF) zarangije umurimo wazo wo kubaka ibikorwa remezo mu gihugu cya Jamaica aho zageze mu Rwanda ku…
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) Dr Bizimana Jean Damascène yagaragaje ko amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, agomba…
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame uri mu ruzinduko mu Bufaransa, yakurikiye umukino ubanza wa ⅛ cya UEFA Champions…
TikTok yari iteganyijwe guhagarikwa muri Amerika muri Mutarama 2025 mu gihe kompanyi iyifite munshingano yo mu Bushinwa, ByteDance, itari kwemera…
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yashimiye Ikipe y’Igihugu ya Senegal yegukanye Igikombe cya Afurika cya 2025, nyuma yo gutsinda iya…
Ikipe ya Al Merrikh iri mu makipe abiri yo muri Sudani aherutse kwemererwa gukina muri Shampiyona y’u Rwanda yageze i…
Nyuma y’igihe kirenga imyaka umunani atagera mu Rwanda, umuhanzi Kitoko Bibarwa, wakanyujijeho mu ruhando rwa muzika Nyarwanda, agiye kongera gutaramira mu Rwanda. Kitoko yageze mu Rwanda Uyu muhanzi wavuze ko…
Sign in to your account