- Advertisement -
Ad imageAd image

Politiki

Hafunzwe izindi nganda 101 zikora inzoga

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Imiti n’Ibiribwa Rwanda FDA yatangaje ko yafunze izindi nganda 101 zenga inzoga mu Rwanda. Ni icyemezo…

na igire
3 Min Read

Donatille Mukabalisa wayoboye umutwe w’abadepite yitabye Imana

Donatille Mukabalisa yitabye Imana nyuma y’igihe arwaye. Yari amaze iminsi avurirwa mu bitaro bya byitiriwe Umwami Faisal Hospital i Kigali,…

na igire
2 Min Read

Perezida Kagame yakiriye Ambasaderi mushya wa Oman n’uwa Nouvelle-Zélande mu Rwanda (AMAFOTO)

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Nyakanga 2026 Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Ambasaderi Mushya…

na igire
3 Min Read

Imikino

Jorge Jesus yagizwe umutoza mushya wa Portugal nyuma yo gutandukana na Roberto Martinez.

Nyuma y’amasaha make Roberto Martinez atangaje ko avuye ku mirimo ye nyuma yo gusezererwa mu mikino ya 1/8 y’irangiza y’Igikombe…

Thierry Henry yitiriwe izina ry’umuhanda i New York .

Umunyabigwi w’ikipe ya Arsenal, Thierry Henry, yahawe icyubahiro cyo kwitirirwa umuhanda mu mujyi wa New York City, ariko ntiyabashije kwitabira…

Ibyo wamenya ku bayobozi bashya Perezida Kagame yashyize mu nshingano

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma aho muri minisiteri eshatu yashyizeho abaminisitiri bashya ndetse anazikora mu banyamabanga no mu bayobozi…

Imyidagaduro

Shania Twain yahishuye ubuzima bukomeye yakuriyemo.

Umuhanzikazi w'icyamamare mu njyana ya Country, Shania Twain, yatangaje ko yakuriye mu rugo rwarangwagamo urugomo rukabije, aho we na bashiki be bakubitwaga ndetse rimwe na rimwe bagaterwa imigeri n'ababyeyi babo.…