- Advertisement -
Ad imageAd image

Politiki

Ishuri St Gabriel ryasabye ko abana batozwa uburere n’umuco muri ibi biruhuko batangiye aho kwirirwa kuri Telephone na Television

Mu gihe abanyeshuri batangiye ibiruhuko, Umuyobozi wa Ecole Primaire et Maternelle Saint Gabriel, Mukabadege Adrienne umuyobozi w’ir’ishuri , yasabye ababyeyi …

na igire
3 Min Read

Perezida Félix Tshisekedi yashyizeho itegeko ribuza abasirikare n’abapolisi kujya mu birombe

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yatanze amabwiriza mashya agamije guhagarika uruhare rutemewe rw’abasirikare…

na igire
2 Min Read

Afurika y’Epfo yatangaje ko imaze kwirukana abimukira barenga ibihumbi 53.

Guverinoma ya Afurika y’Epfo yatangaje ko imaze kwirukana cyangwa gusubiza mu bihugu byabo abanyamahanga barenga 53.000 badafite ibyangombwa bibemerera kuhaba,…

na igire
3 Min Read

Imikino

Jorge Jesus yagizwe umutoza mushya wa Portugal nyuma yo gutandukana na Roberto Martinez.

Nyuma y’amasaha make Roberto Martinez atangaje ko avuye ku mirimo ye nyuma yo gusezererwa mu mikino ya 1/8 y’irangiza y’Igikombe…

Thierry Henry yitiriwe izina ry’umuhanda i New York .

Umunyabigwi w’ikipe ya Arsenal, Thierry Henry, yahawe icyubahiro cyo kwitirirwa umuhanda mu mujyi wa New York City, ariko ntiyabashije kwitabira…

Ibyo wamenya ku bayobozi bashya Perezida Kagame yashyize mu nshingano

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma aho muri minisiteri eshatu yashyizeho abaminisitiri bashya ndetse anazikora mu banyamabanga no mu bayobozi…

Imyidagaduro

Uwahoze ari umugabo wa Kim Kardashian yinjiye mu bucuruzi bw’inyama z’inkoko zokeje .

Uwahoze ari umukinnyi wa Basketball muri NBA, Kris Humphries, wahoze ari umugabo wa Kim Kardashian mu rushako rwamaze iminsi 72 gusa, yamaze guhindura ubuzima bwe yinjira mu bucuruzi bw’inyama z'inkoko…