- Advertisement -
Ad imageAd image

Politiki

Ruswa y’igitsina: Vice Mayor wa Nyamagabe yarekuwe by’agateganyo

Ubushinjacyaha bwarekuye Umuyobozi wungirije Ushinzwe Imibereho myiza y’abaturage mu Karere ka Nyamagabe Uwamariya Agnès, bumutegeka kujya yitaba. Umuvugizi w’Urwego rw’Ubushinjacyaha,…

na igire
1 Min Read

U Rwanda n’u Butaliyani mu biganiro byo kwakira abasaba ubuhungiro

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yemeje ko u Rwanda n’u Butaliyani biri mu biganiro bigamije gushyiraho uburyo bwo…

na igire
6 Min Read

Abakoresha eKash biyongeyeho 166%

Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko uburyo bwo kwishyurana hakoreshejwe eKash bukomeje kwitabirwa n’Abanyarwanda n’abaturarwanda, aho kuva bwatangira gukoreshwa…

na igire
2 Min Read

Imikino

Jorge Jesus yagizwe umutoza mushya wa Portugal nyuma yo gutandukana na Roberto Martinez.

Nyuma y’amasaha make Roberto Martinez atangaje ko avuye ku mirimo ye nyuma yo gusezererwa mu mikino ya 1/8 y’irangiza y’Igikombe…

Thierry Henry yitiriwe izina ry’umuhanda i New York .

Umunyabigwi w’ikipe ya Arsenal, Thierry Henry, yahawe icyubahiro cyo kwitirirwa umuhanda mu mujyi wa New York City, ariko ntiyabashije kwitabira…

Ibyo wamenya ku bayobozi bashya Perezida Kagame yashyize mu nshingano

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma aho muri minisiteri eshatu yashyizeho abaminisitiri bashya ndetse anazikora mu banyamabanga no mu bayobozi…

Imyidagaduro

Shania Twain yahishuye ubuzima bukomeye yakuriyemo.

Umuhanzikazi w'icyamamare mu njyana ya Country, Shania Twain, yatangaje ko yakuriye mu rugo rwarangwagamo urugomo rukabije, aho we na bashiki be bakubitwaga ndetse rimwe na rimwe bagaterwa imigeri n'ababyeyi babo.…