Umuvugizi w’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B. Thiery, yatangaje ko mu 2026 ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside n’ibisa nkayo byagabanyutse ugereranyije n’uko byari bimeze mu 2025. Murangira yagaragaje ko mu…
Imyaka 32 irashize kuva habaye Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yahitanye abarenga miliyoni mu minsi 100 gusa, bigizwemo uruhare n’abari…
Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi yasabye Abanyarwanda bose, gukora ingendo za ngombwa hagamijwe gufasha Igihugu kugabanya amafaranga yagendaga ku gutumiza…
Ku wa Kane, tariki ya 2 Mata 2026, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika…
RSSB Tigers BBC ihagarariye u Rwanda yabonye itike yo gukina imikino ya nyuma ya Basketball Africa League (BAL2026), nyuma yo…
Kuri uyu 30 werurwe 2026 Ikipe y’igihugu y’U Rwanda Amavubi yegukanye igikombe cya FIFA Series 2026 ni nyuma yo…
Abitabiriye uyu muganda bateye ibiti ahari iki kibuga gishya ,iki kibuga biteganyijweko kizatahwa ku mugaragaro kuwa 30 werurwe uyu…
Nyuma y’igihe kirenga imyaka umunani atagera mu Rwanda, umuhanzi Kitoko Bibarwa, wakanyujijeho mu ruhando rwa muzika Nyarwanda, agiye kongera gutaramira mu Rwanda. Kitoko yageze mu Rwanda Uyu muhanzi wavuze ko…
Sign in to your account