Imihanda yo mu Mujyi wa Mashhad yari yuzuye abantu bitabiriye umuhango wo guherekeza mu cyubahiro Ayatollah Ali Khamenei wahoze ari Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, wapfuye nyuma yo kugwa mu bitero…
Guverinoma y’u Rwanda n’iya Isiraheli byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu iterambere binyuze mu nzego zitandukanye zirimo guteza imbere uburezi bw’ibanze, isakazabumenyi…
Perezida wa Mozambique, Daniel Chapo, yatangaje ko Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) uzakomeza gutera inkunga ubutumwa bw’ingabo z’u Rwanda zifasha…
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yashimangiye ko uruhare rwa Polisi y’Igihugu, Ingabo z’u Rwanda n’izindi nzego z’ubuyobozi, ari igihamya cy’uko…
Umunyabigwi w’ikipe ya Arsenal, Thierry Henry, yahawe icyubahiro cyo kwitirirwa umuhanda mu mujyi wa New York City, ariko ntiyabashije kwitabira…
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma aho muri minisiteri eshatu yashyizeho abaminisitiri bashya ndetse anazikora mu banyamabanga no mu bayobozi…
Igikombe cy’Isi cya 2026 kiratangira kuwa 11 Kamena 2026 aho kigomba kubera mu bihugu bitatu aribyo Leta Zunze Ubumwe za…
Nyuma y’igihe kirenga imyaka umunani atagera mu Rwanda, umuhanzi Kitoko Bibarwa, wakanyujijeho mu ruhando rwa muzika Nyarwanda, agiye kongera gutaramira mu Rwanda. Kitoko yageze mu Rwanda Uyu muhanzi wavuze ko…
Sign in to your account