Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS

igire
igire Yanditswe June 7, 2025
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente ari muri Guinea Equatoriale aho ahagarariye Perezida wa Repubulika Paul Kagame mu nama ya 26 isanzwe y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bigize Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika yo Hagati, ECCAS

Ni inama igendereye gusuzuma intambwe imaze guterwa mu bijyanye n’amavugurura muri uwo muryango n’icyerekezo gihari kugira ngo uwo muryango ugire ku ntego zawo.

Biteganyijwe kandi ko muri iyo nama u Rwanda ruhabwa kuyobora uyu muryango mu gihe cy’umwaka rusimbuye Guinea Equatoriale.

Intego z’uwo muryango (ECCAS/ CEEC) igamije guteza imbere ubukungu bw’ibihugu mu rwego rw’ubuhinzi n’ubworozi, umutungo kamere, ubucuruzi, inganda, itumanaho, gutwara ibintu n’abantu; guharanira imibereho myiza y’abaturage; gukuraho imisoro n’amahoro; gushyiraho politiki y’urujya n’uruza rw’abantu; gushyiraho Ikigega cy’ubufatanye bugamije iterambere; gufasha ibihugu bikennye kurusha ibindi.

Uyu Muryango w’Ubukungu bw’Ibihugu byo muri Afurika yo Hagati washinzwe mu 1983. Ugizwe n’ibihugu 11 byo muri ako Karere harimo n’u Rwanda

Umuryango ECCAS ugizwe n’ibihugu by’ibinyamuryango birimo Cameroun, Repubulika ya Santarafurika, u Burundi, Gabon, Repubulika ya Congo, Guinea Equatoriale, Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, Sao Tome et Principe, Tchad n’u Rwanda.

Washinzwe mu 1983, ugamije guteza imbere ubufatanye mu by’ubukungu, amahoro n’umutekano muri Afurika yo hagati, ukaba ufite icyicaro i Libreville muri Gabon.

Ikarita igaragaza ibihugu (mu ibara ry’ubururu) bigize ECCAS

You Might Also Like

Hatashywe Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa mbere mu Burayi bw’Amajyaruguru

Perezida Kagame yasuye ishuri ryigisha AI muri Algeriya

Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika

Umugaba w’Ingabo za Misiri yasuye u Rwanda (AMAFOTO)

Madamu Jeannette Kagame asanga ubufatanye hagati ya Leta n’abikorera ari ingenzi

igire June 7, 2025 June 7, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Jackson Mayanja yatandukanye na Sunrise FC yatozaga
Imikino

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?