Abakora muri kampani zicunga umutekano barishimira intabwe bamaze kugeraho hubahirizwa Itegeko ryumurimo

igire

Nyuma yaho sedika yabakozi murwanda ikoze ubuvugizi mubigo bitandukanye  bikora  umutekano , ubu abakora muribyo bigo barihimira impinduka zibirimo zirimo guhabwa konji mubakozi ,gutanga isaha  yo konsa kubabyeyi nibindi ,ibi byagarutseho ubwo hatotwaga komite shya ya kampani yumutekano murwanda ya

  abagore barishimira intabwe imaze guterwa aho bahabwa isaha yo kotsa

Ni igikorwa cyabaye k’umunsi wejo aho abanyamuryango ba SEJSML bahuriye hamwe mu gikorwa cyo guhindura stati igenga sendika ndetse no gutora abayobozi bashya basimbura abacyuye igihe

SINGIRIMPUNGENGE Yves numukozi mukigo gicunga umutekano cya ISCO murwanda ati’ nukuri nkatwe abadamu twahawe agaciro ubu umubyeyi yahawe isaha yokotsa ,biimwe mubikomeye twishimira mukigo cyacu

Komite yatowe yijeje abanyamurya gukora uko bashoboye kugirango nibindi bibazo bike  bikigaragara mumakapani acuga umutekano nabyo bibonerwe  ibisubizo

Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa 3 aho abagize Sendika y’abakozi bahuriye muri Sendika ya SEJSML(Syndicat des Enseignements,Journalistes,Servise Medicaux,Librairies)

Batareniye hamwe kugira ngo banahindura stati ya Sendika aho yahindutse RPSGU ndetse batora komite nyobozi nshya isimbura iyari icyuye igihe

SINGIRIMPUNGENGE Yves yavuze ko bakiriye neza komite nshya yatowe akomeza avuga ko babitezeho guhindura bimwe mu bitarahinduka

Ati”komite yagiye ho uyu munsi tuyakiriye neza kandi turayishima ku migabo n’imigambi bafite kandi twiteze ko bazajya mu kibazo cyo kudahabwa konji uko bigenwa”

NKOTANYI Abdon Foster avuga ko aba batowe bamaze imyaka irenga itatu bahugurwa akomeza avuga ko icyo babifurizaho  ari ugukomeza kuvugira abakozi nabasaba kwegera andi ma company atabarirwa muri Sendika nayo akajyamo

Ati”aba bantu twabubatsemo ikizere twakoranye amahugurwa mu myaka itatu icyo tubifuzaho ni ugukomeza kuvugira abakozi bakora mu bigo by’umutekano byose bwomurwanda.

INDI NKURU BIJYANYE

Ababyeyi bakora akazi ko gucunga umutekano mu bigo bitandukanye , barasaba kujya bahabwa umwanya wo konsa.

Sendika ya SEJSML YAHINDUTSE RPSGU yabonye ubizima gatozi mu 2004 aho kuva yajyaho yakoze ubuvugizi k’ubigo bitandukanye byo murwanda

aho bimwe mu byakozwe harimo gukora ubuvugizi bwatumye hashyirwaho aho abakozi bonsa bazajya bonsereza abana babo bitabasabye kuva mu kazi

AMAFOTO:

Share This Article