Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Perezida Kagame yifatanyije n’Abanyarwanda mu Kwibohora 30
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Perezida Kagame yifatanyije n’Abanyarwanda mu Kwibohora 30

igire
igire Yanditswe July 4, 2024
Share
SHARE

Kuri uyu wa Kane tariki 04 Nyakanga 2024, u Rwanda rwizihije Umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 30, mu birori byitabiriwe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, Madamu Jeannette Kagame n’abandi banyacyubahiro.

Ibihumbi by’Abanyarwanda baturutse hirya no hino mu gihugu bari batangiye kwinjira muri Sitade Amahoro saa kumi n’imwe za mu gitondo, mu birori byo kwizihiza Umunsi wo kwibohora.

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda Brig Gen Ronald Rwivanga, yavuze ko ibirori byitabiriwe na Gen Birungi ukuriye ubutasi mu gihugu cya Uganda, abahagarariye inyungu z’ibihugu byabo mu Rwanda (Miltaire Attachés) harimo n’uwa Sirilanka.

Abandi banyacyubahiro bitabiriye ibirori barimo abagize Guverinoma, Abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda, abikorera, abihayimana ndetse n’abayobozi b’amadini n’amatorero.

Akarasisi karimo kuyiborwa na Gen. Mutembe kakaba kagizwe n’amasibo icyenda agizwe n’abasirikare, amasibo Atanu agizwe n’Abapolisi mu gihe amasibo atatu agizwe n’abari n’abategarugori bo muri Polisi y’u Rwanda n’ingabo.

Nyuma y’akarasisi hakurikiyeho indirimbo yubahiriza igihugu yaririmbwe n’itsinda ry’umuziki rya Gisirikare (Rwanda Military Band).

Sitade Amahoro yicarwamo n’abantu 45,000 yakubise iruzura ndetse bamwe babura ibyicaro baguma hanze.

You Might Also Like

Hatashywe Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa mbere mu Burayi bw’Amajyaruguru

Perezida Kagame yasuye ishuri ryigisha AI muri Algeriya

Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika

Umugaba w’Ingabo za Misiri yasuye u Rwanda (AMAFOTO)

Madamu Jeannette Kagame asanga ubufatanye hagati ya Leta n’abikorera ari ingenzi

igire July 4, 2024 July 4, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Шесть основных ориентиров для определения доверенного интернет-казино
betting

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?