Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Abo twita inshuti baduhesha ukuboko kumwe bakatwambuza ukundi – Perezida Kagame
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Abo twita inshuti baduhesha ukuboko kumwe bakatwambuza ukundi – Perezida Kagame

igire
igire Yanditswe March 16, 2025
Share
SHARE

Mu kiginairo Perezida Paul Kagame yagiranye n’abaturage kuri iki Cyumweru tariki 16 Werurwe 2025 muri BK Arena, mu Karere ka Gasabo, yababwiye ko abo umuntu yita inshuti batanga imfashanyo bakoresheje akaboko kamwe, akandi kakambura ibyo yatanze.

Perezida Kagame aganira n'abaturage

                                   Perezida Kagame aganira n’abaturage

Perezida Kagame yabwiye abaturage ko u Rwanda rwanyuze mu mateka agoye, ku buryo abo rwita inshuti n’abafatanyabikorwa aribo ku ruhande rumwe batangisha ukuboko kumwe bakarwambura bakoresheje ukundi.

Ati “Impamvu nyayo ni ukugira ngo ugume muri ayo ngayo ntupfuye ntukize, kugira ngo baguhorane batyo, udakize utanapfuye ndetse ubemereye ukarangaraho gato no gupfa ntacyo bibatwaye”

Yungamo ati “Ibi mvuga n’ubundi tujya tubiganira, nukuri utarabona ubuhamya bwabyo ubwo ntabwo azi isi arimo uko iteye.”

Perezida Kagame avuga ko imibanire y’ibihugu n’abafatanyabikorwa batandukanye ndetse n’ibiriho ubu, usanga bifitanye isano n’ibiriho ubu uhereye mu bihe byo hambere.

You Might Also Like

Perezida Kagame asanga Abanyafurika ari bo kibazo ubwabo :AMAFOTO MEZA CYANE

Perezida Kagame yaganiriye na mugenzi we wa Côte d’Ivoire

Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yakiriye Intumwa ya Perezida wa Ghana

VATICAN : Papa Leo XIV arasaba ko intambara zirangira

Amerika: Abihinduje igitsina batangiye kwirukanwa mu gisirikare

igire March 16, 2025 March 16, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Perezida Kagame asanga Abanyafurika ari bo kibazo ubwabo :AMAFOTO MEZA CYANE
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?