Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Abadepite basabye MINUBUMWE kwita ku bibazo by’Abarokotse Jenoside
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Abadepite basabye MINUBUMWE kwita ku bibazo by’Abarokotse Jenoside

igire
igire Yanditswe May 3, 2024
Share
SHARE

Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu yasabwe na Komisiyo y’Abadepite ya PAC gukorana n’inzego z’ibanze mu kwita ku mibereho y’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi batishoboye.

Raporo y’umugenzuzi mukuru w’imari ya leta igaragaza ko iyi Minisiteri hari aho yatinze kubakira Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi ndetse no kutabasanira amazu, ikindi iyi raporo igaragaza ni ukuba hari amafaranga yagiye itanga mu turere ngo yubakire abatishoboye, ahubwo agakoreshwa ibindi.

Depite Muhakwa Valens Perezida wa PAC yavuze ko ahanini ibibazo byagaragajwe n’umugenzuzi mukuru w’imari ya leta biterwa no kudahuza imikoranire n’inzego bityo ko basabwa Kubikosora.

Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu, yavuze ko igiye gushyira mu bikorwa inama yagiriwe.

 

You Might Also Like

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS

Hatashywe Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa mbere mu Burayi bw’Amajyaruguru

Perezida Kagame yasuye ishuri ryigisha AI muri Algeriya

Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika

Umugaba w’Ingabo za Misiri yasuye u Rwanda (AMAFOTO)

igire May 3, 2024 May 3, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?