Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Abadepite bo muri Ghana baje kwigira ku Rwanda
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Abadepite bo muri Ghana baje kwigira ku Rwanda

igire
igire Yanditswe October 28, 2024
Share
SHARE

Kuri uyu wa Mbere, itsinda ry’Abadepite 8 baturutse muri Ghana basuye Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Umutwe w’Abadepite, aho bari mu rugendo rugamije gusangira ubunararibonye.

Aba badepite bavuga ko kuba u Rwanda rufite Ihuriro Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya Politiki ari kimwe mu byo barwigiraho kuko bituma buri mutwe wa politiki ugira amahirwe yo gutanga ibitekerezo byubaka igihugu.

Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda umutwe w’Abadepite yasinyanye amasezerano (MoU) n’Inteko Ishinga Amategeko ya Ghana, yerekeye imikoranire myiza y’izo Nteko zombi, yari yitezweho kurushaho gushimangira umubano w’impande zombi muri Nyakanga 2022.

Muri Nyakanga 2022 Inteko zombi Gahunda zo kongerera Abadepite ubumenyi, harimo gukora ingendoshuri abo mu Rwanda bagasura abo muri Ghana n’abaho bagasura abo mu Rwanda, inama, amahuriro, amahugurwa n’ibindi bikorwa byo ku rwego mpuzamahanga.

Ibihugu byombi bisanzwe bifitanye imikoranire aho muri Kamena 2022, Ikigo Gishinzwe kugenzura Ubuziranenge bw’ibiribwa n’imiti mu Rwanda (FDA Rwanda) n’icyo muri Ghana basinyanye amasezerano ku bufatanye ajyanye n’ubufatanye bwo gukora imiti n’inkingo, mu rwego rwo gutegura FDA Rwanda kugera ku cyiciro cya 3 no guteza imbere ikorwa ry’inkingo mu bihugu byombi.

You Might Also Like

Amerika: Abihinduje igitsina batangiye kwirukanwa mu gisirikare

Amb. Bizimana yashyikirije Perezida wa Senegal impampuro zo guhagararira u Rwanda

Ibyo wamenya kuri Papa Leon XIV, Umusimbura mushya wa Petero intumwa

Perezida Kagame uri i Paris yakiriwe na Macron w’u Bufaransa

Umunsi wageze, gutora Papa mushya bigiye gutangira

igire October 28, 2024 October 28, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Amerika: Abihinduje igitsina batangiye kwirukanwa mu gisirikare
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?