Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Abagana ibitaro bya Gisenyi basabye Minisante kubyongerera abaganga no kubyagura
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
ubuzima

Abagana ibitaro bya Gisenyi basabye Minisante kubyongerera abaganga no kubyagura

igire
igire Yanditswe March 3, 2023
Share
SHARE

 

Abivuriza ku bitaro bya Gisenyi mu karere ka Rubavu, basabye Minisiteri y’Ubuzima kongera umubare w’abaganga no kubyagura cyangwa bikimurirwa ahandi kuko bishaje bitakijyanye n’igihe.

Abarwayi bivuriza mu bitaro bya Gisenyi bamwe muri bo baba bazindutse, ariko bababazwa n’uko bucya, amanywa akabagereraho batarahabwa serivisi, ibyo bahamya ko biterwa n’abaganga badahagije.
Indi mpamvu basanga ari ipfundo rya serivisi itanoze bahabwa, ni inyubako nto, zishaje zitakijyanye n’igihe bakaba bifuza ko ibitaro byagurwa cyangwa bikimurwa.
Ibi bibazo bivugwa n’abagana ibitaro bya Gisenyi, babigaragarije Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana wasuye ibi bitaro areba imikorere yabyo, maze yizeza  abarwayi ko harimo gushakwa uko abaganga bakongerwa.

Umushinga wo kwimura ibitaro bya Gisenyi uracyahari, Dr Nsanzimana nubwo atagaragaje igihe uzatangirira gushyirwa mu bikorwa, yemeje ko kunononsora uwo mushinga bigeze kure kuko biri mu byamuzanye.

Mu kurushaho kunoza akazi no gutanga serivisi nziza, Minisiteri y’Ubuzima yijeje kongerera  ubushobozi n’ubumenyi abaganga iborohereza  kujya kwiga ku nguzanyo.

 

 

You Might Also Like

Rusizi: 92.1% by’abana bari munsi y’imyaka 5 barererwa muri ECDs

MUSANZE: Imirenge 4 yo muri Musanze na Gakenke yibasiwe na Malariya

Ibyaranze ishyingurwa rya Papa Francis

Ibyo wamenya kuri Bazilika ‘Santa Maria Maggiore’ ishyingurwamo Papa Fransikiko

Iyo uburezi bukora akazi kabwo neza, Jenoside ntiyari kuba – Minisitiri Nsengimana

igire May 25, 2023 March 3, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Играть в клубе онлайн на настоящие средства
blog

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?