Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Abantu Batandatu Bapfiriye Mu Kirombe
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Mu Rwanda

Abantu Batandatu Bapfiriye Mu Kirombe

igire
igire Yanditswe November 11, 2023
Share
SHARE

Mu Murenge wa Rwinkwavu mu Karere ka Kayonza haraye inkuru mbi y’urupfu rw’abantu batandatu bagwiriwe n’ikirombe barapfa.

Mu Mudugudu wa Rwinkwavu mu Kagari ka Nkondo mu Murenge wa Rwinkwavu niho byaraye bibereye.

Ubuyobozi bw’aho byabereye buvuga ko byabaye kuri uyu wa Gatanu ahagana  Saa 17:00, abakozi barangije akazi.

Ngo bari basohotse batashye ikirombe kirabaridukana batandatu bahita bahasiga ubuzima.

Nyuma y’uko ibyo bibaye, bakuyemo abantu batatu, ariko abandi baracyashakishwa ngo baboneke bajye gushyingurwa.

Birakekwa ko imvura imaze iminsi igwa mu Rwanda no muri Kayonza by’umwihariko, ari yo yatumye ubutaka bworoha bukaza kuriduka ubwo abakozi basohokaga ngo batahe.

Abacukura amabuye y’agaciro basabwa kwitwararika mu bihe nk’ibyo kuko ubutaka bwagiyemo imvura nyinshi buriduka mu buryo bworoshye.

You Might Also Like

Rusizi: 92.1% by’abana bari munsi y’imyaka 5 barererwa muri ECDs

Perezida Kagame yakiriye ba ambasaderi 11 guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda

MUSANZE: Imirenge 4 yo muri Musanze na Gakenke yibasiwe na Malariya

Abajyanama b’Ubuzima bagiye kongererwa ubushobozi

Ibyaranze ishyingurwa rya Papa Francis

igire November 11, 2023 November 11, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

IMPANURO:Maj Gen Nyakarundi yahaye impanuro inzego z’umutekano z’u Rwanda zigiye kujya i Cabo Delgado
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?