Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Abatanga amaraso bavuga ko iki ari igikorwa bafata nko gutanga ubuzima
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
ubuzima

Abatanga amaraso bavuga ko iki ari igikorwa bafata nko gutanga ubuzima

igire
igire Yanditswe July 5, 2023
Share
SHARE

 

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gutanga amaraso ishami rya Musanze, cyatangiye ubukangurambaga bwo gushishikariza abatuye aka karere kuyatanga mu gihe cy’ibyumweru bibiri. Abamaze kuyatanga bavuga ko iki ari igikorwa bafata nko gutanga ubuzima ku bakeneye ubutabazi.

Bavuga kandi ko nta ngaruka bibagiraho bityo bagasaba ko n’abandi bujuje ibisabwa bajya batanga amaraso.

Ubuyobozi bw’ikigo gishinzwe gutanga amaraso ishami rya Musanze, buvuga ko ubu bukangurambaga bwahereye mu gice kigize umujyi hakazakurikiraho n’igice cy’amasoko yo mu nkengero z’Umujyi wa Musanze.

Iki kigo kiri muri centre eshanu ziri mu gihugu zakira amaraso aho ishami rya Musanze rikorera no mu turere twa Musanze, Burera, Gakenke, Rulindo, Nyabihu, Ngororero na Rutsiro.

You Might Also Like

Abajyanama b’Ubuzima bagiye kongererwa ubushobozi

Ibyaranze ishyingurwa rya Papa Francis

Ibyo wamenya kuri Bazilika ‘Santa Maria Maggiore’ ishyingurwamo Papa Fransikiko

Iyo uburezi bukora akazi kabwo neza, Jenoside ntiyari kuba – Minisitiri Nsengimana

Abapolisi batanze amaraso yo kuzafashisha abarwayi

igire July 5, 2023 July 5, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

UEFA Champions League:PSG isezereye Arsenal isanga Inter ku mukino wa nyuma
SIPORO

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?