Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Abaturage b’i Goma nyuma y’imirwano yahumvikanye ubuhungiro babubonaga mu Rwanda
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Abaturage b’i Goma nyuma y’imirwano yahumvikanye ubuhungiro babubonaga mu Rwanda

igire
igire Yanditswe November 27, 2023
Share
SHARE
 Nyuma y’amasasu menshi yumvikanye mu ijoro ryakeye, abaturage bari bihebye ariko ngo n’ubwo bitoroshye kubw’umubano uri hagati ya Congo n’u Rwanda, mu Rwanda niho baboneraga ubuhungiro.

Ku bw’amasasu y’urufaya y’imbunda nini n’intoya yumvikanye mu mujyi wa goma mu gihugu cya congo mu mirwano yabaye hagati y’ingabo z’igihugu cya congo FRDC na Wazalendo, imirwano yahahamuye abaturage baho.

Dore ko hari nabari batangiye kuzinga iby’ibanze batekereza ko byanga bikunda barahungira mu mujyi wa Gisenyi mu Rwanda,nk’uko umuturage waganiriye na UMUSEKE yabitangaje.

Ni imirwano yabaye ubwo abaturage bari bafite ubwoba bwinshi, aho ngo bari Bazi ko Ari M23 ibagezemo, ariko nyuma baza gusanga ari FARDC yari ihanganye na Wazalendo. Abo baturage basaba ubuyobozi kubarindira umutekano uko bashoboye kose.

 

You Might Also Like

Abashoramari bo muri Hongiriya beretswe amahirwe ari mu Rwanda

Perezida Kagame asanga Abanyafurika ari bo kibazo ubwabo :AMAFOTO MEZA CYANE

Perezida Kagame yaganiriye na mugenzi we wa Côte d’Ivoire

Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yakiriye Intumwa ya Perezida wa Ghana

VATICAN : Papa Leo XIV arasaba ko intambara zirangira

igire November 27, 2023 November 27, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Umujyi wa Kigali watanze inzu ku miryango 172 yatujwe mu Mudugudu wa Mpazi
Ubukungu

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?