Amafoto: Abasirikare basaga 500 ba CAR bari bamaze igihe batozwa na RDF basoje amasomo

igire

Kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 24 Ugushyingo, abasirikare barenga 500 ba Centrafrica (FACA) bari bamaze igihe batozwa n’Ingabo z’u Rwanda (RDF) barasoza amasomo ku mugaragaro.

Iki ni icyiciro cya mbere cy’abasirikare ba Centrafrica batojwe na RDF mu rwego rw’amasezerano hagati y’ibihugu byombi nk’uko tubikesha The New Times.

Perezida Faustin-Archange Touadéra wa Repubulika ya Centrafrica niwe mushyitsi mukuru muri ibi birori byabereye mu Kigo cya Gisirikare cya Kassai mu nkengero z’umurwa mukuru, Bangui.

Share This Article