Kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 24 Ugushyingo, abasirikare barenga 500 ba Centrafrica (FACA) bari bamaze igihe batozwa n’Ingabo z’u Rwanda (RDF) barasoza amasomo ku mugaragaro.
Iki ni icyiciro cya mbere cy’abasirikare ba Centrafrica batojwe na RDF mu rwego rw’amasezerano hagati y’ibihugu byombi nk’uko tubikesha The New Times.
Perezida Faustin-Archange Touadéra wa Repubulika ya Centrafrica niwe mushyitsi mukuru muri ibi birori byabereye mu Kigo cya Gisirikare cya Kassai mu nkengero z’umurwa mukuru, Bangui.
Sign Up For Daily Newsletter
Be keep up! Get the latest breaking news delivered straight to your inbox.
[mc4wp_form]
By signing up, you agree to our Terms of Use and acknowledge the data practices in our Privacy Policy. You may unsubscribe at any time.