Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Ambasade y’u Rwanda i Buruseli yafunze imiryango
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Ambasade y’u Rwanda i Buruseli yafunze imiryango

igire
igire Yanditswe March 21, 2025
Share
SHARE

Nyuma y’iseswa ry’umubano wa Dipolomasi n’u Bubiligi, ryemejwe tariki 17 Werurwe 2025, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’ubutwererane y’u Rwanda (MINAFFET), yamenyesheje abantu bose ko Ambasade y’u Rwanda i Bruxelles yafunze imiryango yayo, kandi itazongera gutanga serivisi za dipolomasi ku butaka bw’u Bubiligi.

Ambasade y'u Rwanda i Buruseli yafunze imiryango yayo

Ambasade y’u Rwanda i Buruseli yafunze imiryango yayo

Binyuze mu itangazo iyo MINAFET yashyize ahagaragara, bavuze ko serivisi za dipolomasi zizajya zitangirwa muri Ambasade y’u Rwanda mu Buholandi, i La Haye, (infothehague@minaffet.gov.rw) +31703926571).

Ni itangazo rivuga ko iseswa ry’umubano wa dipolomasi, ritazagira ingaruka ku baturage b’Ababiligi baba mu Rwanda cyangwa abashaka kuhasura, kuko urujya n’uruza rw’abagenzi ruzakomeza, ndetse n’abakora ingendo z’akazi bikazakomeza nk’uko bisanzwe.

Abaturage b’Ababiligi bazakomeza kubona Visa bageze mu Rwanda, kandi nta kiguzi cya Visa bazasabwa ku rugendo rw’iminsi itarenze 30, hakurikijwe politiki ya Visa iriho ubu.

You Might Also Like

Perezida Kagame asanga Abanyafurika ari bo kibazo ubwabo :AMAFOTO MEZA CYANE

Perezida Kagame yaganiriye na mugenzi we wa Côte d’Ivoire

Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yakiriye Intumwa ya Perezida wa Ghana

VATICAN : Papa Leo XIV arasaba ko intambara zirangira

Amerika: Abihinduje igitsina batangiye kwirukanwa mu gisirikare

igire March 21, 2025 March 21, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Perezida Kagame asanga Abanyafurika ari bo kibazo ubwabo :AMAFOTO MEZA CYANE
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?