Madamu Jeannette Kagame yagiranye ibiganiro n’umubikira Soeur Immaculée
Madamu Jeannette Kagame yagiranye ibiganiro n’umubikira, Soeur Immaculée ari kumwe n’itsinda riturutse…
Rwanda: Ubutaka bungana na 0,1% nibwo bukorerwaho ubuhinzi bw’umwimerere
Mu gihe abakora ubuhinzi bw’umwimerere mu Rwanda bavuga ko bagorwa no kubona…
Nyamasheke: Isoko rya Tyazo rimaze imyaka 60 ritagira ubwiherero.
Abaturiye Santere y’ubucuruzi ya Tyazo ifatwa nk’Umujyi wa Nyamasheke, babangamiwe n’umunuko ukabije…
Amajyepfo: Abahinzi bahawe ifumbire babagaza ibigori
Abaturage bo mu Ntara y’Amajyepfo bibumbiye muzi za Koperative zihinga ibigori, bashyikirijwe…
BK TecHouse na RTN biragufasha kwishyura amafaranga y’ishuri utagiye kure
Ikigo BK TecHouse hamwe n’icyitwa Rwanda Telecentre Network (RTN), bitanga serivisi z’ikoranabuhanga,…
Perezida Kagame na Blinken bongeye kuganira ku mutekano muke wa RDC
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yongeye kugirana ikiganiro kuri telefoni…
Karongi: Bategerezanyije ubwuzu igishushonyo mbonera cy’umujyi wabo
Bamwe mu batuye mu Karere ka Karongi cyane cyane mu Mujyi wako…
RDC: Imirwano ikomeye yongeye kwaduka i Kibumba isatira Goma
Nyuma imirwano yabereye mu bice bitandukanye bya Masisi tariki 5 Ugushyingo 2023,…
Minisitiri Biruta yitabiriye inama ya 44 ya OIF
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta, ari i Yaoundé…
Abakora ubuhinzi barasaba ko mu Rwanda hajyaho itegeko ry’ubuhinzi n’ubworozi
Abakora ubuhinzi barasaba ko mu Rwanda hajyaho itegekory’ubuhinzi n’ubworozi, hagamijwe kongera umusaruro no kwihaza mu biribwa. Ibi barabivuga nyuma y’uko basanze imibare y’ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare igaragaza ko 20% by’abanyarwanda batabona ibiribwa bihagije. Hirya no hino mu mirima abahinzi bafite icyizere cy’uko muri ikigihembwe cy’ihinga cya 2024 A bazabona umusaruro kuko ibishyimbo, ibigori, ibirayi, umuceri ngo byabonye imvurail ihagije. Nyamara hari hamwe bigaragara ko hari abatarahinzeubutaka bwabo n’ibibanza. Ni mu gihe minisiteri y’ubuhinzin’ubworozi n’izindi nzego zari zasabye abahinzi ko ahari ubutaka bwose mu gihugu bugenewe ubuhinzi bugomba guhingwa hagamijwe kongera umusaruro. Bamwe mu bahinzi…