igire

1592 Articles

Madamu Jeannette Kagame yagiranye ibiganiro n’umubikira Soeur Immaculée

Madamu Jeannette Kagame yagiranye ibiganiro n’umubikira, Soeur Immaculée ari kumwe n’itsinda riturutse…

na igire

Rwanda: Ubutaka bungana na 0,1% nibwo bukorerwaho ubuhinzi bw’umwimerere

Mu gihe abakora ubuhinzi bw’umwimerere mu Rwanda bavuga ko bagorwa no kubona…

na igire

Nyamasheke: Isoko rya Tyazo rimaze imyaka 60 ritagira ubwiherero.

Abaturiye Santere y’ubucuruzi ya Tyazo ifatwa nk’Umujyi wa Nyamasheke, babangamiwe n’umunuko ukabije…

na igire

Amajyepfo: Abahinzi bahawe ifumbire babagaza ibigori

Abaturage bo mu Ntara y’Amajyepfo bibumbiye muzi za Koperative zihinga ibigori, bashyikirijwe…

na igire

BK TecHouse na RTN biragufasha kwishyura amafaranga y’ishuri utagiye kure

Ikigo BK TecHouse hamwe n’icyitwa Rwanda Telecentre Network (RTN), bitanga serivisi z’ikoranabuhanga,…

na igire

Perezida Kagame na Blinken bongeye kuganira ku mutekano muke wa RDC

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yongeye kugirana ikiganiro kuri telefoni…

na igire

Karongi: Bategerezanyije ubwuzu igishushonyo mbonera cy’umujyi wabo

Bamwe mu batuye mu Karere ka Karongi cyane cyane mu Mujyi wako…

na igire

RDC: Imirwano ikomeye yongeye kwaduka i Kibumba isatira Goma

Nyuma imirwano yabereye mu bice bitandukanye bya Masisi tariki 5 Ugushyingo 2023,…

na igire

Minisitiri Biruta yitabiriye inama ya 44 ya OIF

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta, ari i Yaoundé…

na igire

Abakora ubuhinzi barasaba ko mu Rwanda hajyaho itegeko ry’ubuhinzi n’ubworozi

Abakora ubuhinzi barasaba ko mu Rwanda hajyaho itegekory’ubuhinzi n’ubworozi, hagamijwe kongera umusaruro no kwihaza mu biribwa. Ibi barabivuga nyuma y’uko basanze imibare y’ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare igaragaza ko 20% by’abanyarwanda batabona ibiribwa bihagije. Hirya no hino mu mirima abahinzi bafite icyizere cy’uko muri ikigihembwe cy’ihinga cya 2024 A bazabona umusaruro kuko ibishyimbo, ibigori, ibirayi, umuceri ngo byabonye imvurail ihagije. Nyamara hari hamwe bigaragara ko hari abatarahinzeubutaka bwabo n’ibibanza. Ni mu gihe minisiteri y’ubuhinzin’ubworozi n’izindi nzego zari zasabye abahinzi ko ahari ubutaka bwose mu gihugu bugenewe ubuhinzi bugomba guhingwa hagamijwe kongera umusaruro. Bamwe mu bahinzi…

na igire