Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Ba Minisitiri batagarutse muri Guverinoma si uko birukanwe: Perezida Kagame
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Ba Minisitiri batagarutse muri Guverinoma si uko birukanwe: Perezida Kagame

igire
igire Yanditswe August 19, 2024
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Mbere tariki ya 19 Kanama yakiriye

indahiro y’abaminisitiri n’Abanyamabanga ba Leta baheruka kwinjira muri Guverinoma y’u Rwanda, ndetse n’iy’Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB).

Abaminisitiri 21 n’abanyamabanga ba Leta icyenda ni bo barahiye, muri bo hakaba harimo batatu bashya bonyine. Perezida Paul Kagame yavuze ko kuba hatari abagarutse muri Guverinoma nshya bitavuze ko birukanwe.

Ati: “Gukorera ku rwego nk’uru rwa ba Minisitiri, rimwe na rimwe ibiba byabaye hakaba abatagaruka muri Guverinoma ntabwo ari ukwirukanwa. Iyo ari ukwirukanwa na byo birakorwa kuko hari abo umuntu yirukana baba bakoze amakosa bigatuma birukanwa. Ibi nabyita guhindurirwa imirimo. Abatagarutse muri Guverinoma bahinduriwe imirimo, ubwo igihe nikigera iyo mirimo izagaragara.”

Perezida Paul Kagame mu mpanuro yahaye abaminisitiri bashya, yabasabye kwisuzuma bakamenya ibyo batakoze neza muri manda ishize kugira ngo babikosore; ibyagenze neza bakabyongera.

You Might Also Like

Umugaba w’Ingabo za Misiri yasuye u Rwanda (AMAFOTO)

Madamu Jeannette Kagame asanga ubufatanye hagati ya Leta n’abikorera ari ingenzi

Perezida Kagame yageze muri Kazakhstan

KIBUNGO:Hari abaganga bakoraga mu bitaro bya Kibungo banenzwe kwijandika muri Jenoside

IMPANURO:Maj Gen Nyakarundi yahaye impanuro inzego z’umutekano z’u Rwanda zigiye kujya i Cabo Delgado

igire August 19, 2024 August 19, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Kayonza: Icyanya cy’ubuhinzi bw’imbuto cyabahinduriye ubuzima
ubuhinzi

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?