Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Bitarenze uyu mwaka Politiki nshya igenga itangazamakuru izaba yemejwe
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Bitarenze uyu mwaka Politiki nshya igenga itangazamakuru izaba yemejwe

igire
igire Yanditswe October 14, 2023
Share
SHARE

Abafite mu nshingano itangazamakuru barizeza abafatanyabikorwa n’abaturage muri rusange ko bitarenze impera z’uyu mwaka politike nshya igenga uru rwego izaba yemejwe.

Iki cyizere cyatanzwe n’abahagarariye Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu mu nama nyungurana bitekerezo kuri politike ivuguruye y’itangazamakuru yabereye i Kigali.

 

 

Politike y’itangazamakuru ikurikizwa ubu yagiyeho muri 2011, nyuma y’ imyaka 13, abafite aho bahurira n’uru rwego rw’ingenzi muri Demokarasi n’iterambere ry’umuturage bemeranya ko hari byinshi byahindutse bisaba ko iyi politike nayo ijyanishwa n’igihe.

Ni umurongo uzafasha itangazamakuru kuvugurura imikorere rirushaho kwiyubaka ari nako ritanga umusanzu ukenewe mu iterambere.

Joseph Odindo uyoboye itsinda ryateguye aya mavugurura aho avuga ko nk’ahandi hose ku isi, itangazamakuru mu bwigenge n’ubwisanzure rigomba kumenya imipaka bitewe na sosiyete rikoreramo nk’aho mu Rwanda umunyamakuru agomba kwita ku miterere n’amateka.

Itegeko ririho ubu risa niryorohereza umuntu wese kujya mu itangazamakuru kabone n’ubwo yaba atararyize.

www.igire.rw

You Might Also Like

Perezida Kagame asanga Abanyafurika ari bo kibazo ubwabo :AMAFOTO MEZA CYANE

Perezida Kagame yaganiriye na mugenzi we wa Côte d’Ivoire

Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yakiriye Intumwa ya Perezida wa Ghana

VATICAN : Papa Leo XIV arasaba ko intambara zirangira

Amerika: Abihinduje igitsina batangiye kwirukanwa mu gisirikare

igire October 14, 2023 October 14, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Perezida Kagame asanga Abanyafurika ari bo kibazo ubwabo :AMAFOTO MEZA CYANE
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?