Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Breaking news: Amajyaruguru zihinduye imirishyo.
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Amakuru

Breaking news: Amajyaruguru zihinduye imirishyo.

igire
igire Yanditswe August 8, 2023
Share
SHARE

yanditswe na Sam Kabera/Igire.rw

 

Ibiro bya Minisitiri w’Intebe rishyize itangazo ahagaragara hirukanwa abayobozi b’uturere twa Musanze,Gakenke na Burera bazira kudasigasira ubumwe bw’abanyarwanda.

Nyuma yisesengura rimaze gukorwa, rikagaragaza ko bamwe mu bayobozi batashoboye
kuzuza inshingano zabo, harimo cyane cyane gusigasira ubumwe bw’Abanyarwanda, nka
rimwe mu mahame remezo Leta y’u Rwanda yiyemeje kugenderaho;
None kuwa 08 Kanama 2023, abayobozi bakurikira bakuwe mu mirimo:
I.
MU BIRO BY’INTARA Y’AMAJYARUGURU
MUSHAIJA Geoffrey, wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa wIntara.
(Hashyizweho NZABONIMPÀ Emmanuel nk’Úmunyamabanga Nshingwabikorwa
w’Intara w’agateganyo).
KARERE KA MUSANZE
1. RAMULI Janvier, wari Umuyobozi w’Akarere;
(Hashyizweho BIZIMANA Hamiss nk’Umuyobozi w’Akarere w’agateganyo)
2. KAMANZI Axelle, wari Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibercho myiza
y’abaturage;
3. TWAGIRIMANA Innocent, wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa
Kinigi;
MUSABYIMANA François, wari Umuyobozi ushinzwe ubutegetsi n’ abakozi.
ARERE KA GAKENKE
III.
1. NIZEYIMANA Jean Marie Vianney, wari Umuyobozi w’Akarere;
(Hashyizweho NIYONSENGA Aimé François nk’Umuyobozi w’Akarere
w’agateganyo
NSANZABANDI Rushemeza Charles, wari Umuyobozi Mukuru wimirimo rusange;

KALISA Ngirumpatse Justin, wari Umuyobozi ushinzwe ubutegetsi n’abakozi;
MUSEVENI Songa Rusakuza, wari umukozi ushinzwe gutanga amasoko
IV.
AKARERE KA BURERA
UWANYIRIGIRA Marie Chantal, wari Umuyobozi w’Akarere.
(Hashyizweho NSHIMIYIMANA Jean Baptiste nk’Umuyobozi w’Akarere
w’agateganyo).

Bikorewe i Kigali, ku wa 08 Kanama 2023.
Mu izina rya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME

You Might Also Like

VATICAN : Papa Leo XIV arasaba ko intambara zirangira

Amerika: Abihinduje igitsina batangiye kwirukanwa mu gisirikare

Amb. Bizimana yashyikirije Perezida wa Senegal impampuro zo guhagararira u Rwanda

Ibyo wamenya kuri Papa Leon XIV, Umusimbura mushya wa Petero intumwa

Perezida Kagame uri i Paris yakiriwe na Macron w’u Bufaransa

igire August 8, 2023 August 8, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

VATICAN : Papa Leo XIV arasaba ko intambara zirangira
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?