Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Breaking News: Junior Multisytem yatabarutse
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Amakuru

Breaking News: Junior Multisytem yatabarutse

igire
igire Yanditswe July 27, 2023
Share
SHARE

Yanditswe na Sam Kabera/Igire.rw

Uyu Junior ubusanzwe amazina nyakuri ni Karamuka Jean Luc, iyo wumvise iri zina uhita wibuka indirimbo nyinshi z’abahanzi nyarwanda batandukanye barimo Urban Boys, King Jems n’abandi aho yabakoreye indirimbo zabiciye bigacika mu gihugu no hanze yarwo mu myaka itambutse.

Kuri ubu amakuru atugeraho ni uko uyu mu Producer yamaze kwitaba Imana nk’uko ikinyamakuru Igire tubikesha inshuti ze za hafi.

Junior Multisystem yakoraga indirimbo mu buryo bw’amajwi nibyo yamenyekaniyemo. Amakuru avuga ko Junior Multisystem yamaze iminsi arembeye mu rugo kubera uburwayi bufitanye isano n’ingaruka zo gucibwa ukuboko.

Yigeze ku nyuza ubutumwa kuri konti ye ya Facebook, asaba abakunzi be kumusengera, ati “Pray for me” (Munsengere).

Yari amaze igihe kirekire abana n’uburwayi bwa komotse ku mpanuka yakoze ,iyo mpanuka yaje no kumutwara urugingo(akaboko) yabaye Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki 30 Werurwe 2019, yakoze impanuka ikomeye ubwo imodoka yamugongaga ari kugenda n’amaguru.

Mu mwaka wa 2022 ubwo yasurwaga n’itangazamakuru, yavuze ko akeneye ubuvuzi bwimbitse kugira ngo abe yakira neza, anahishura ko abayeho mu buzima bushaririye.

You Might Also Like

Abajyanama b’Ubuzima bagiye kongererwa ubushobozi

ITANGAZO RYA NYIRABAHUTU Domitrie USABA GUHINDUZA AMAZINA

Ibyaranze ishyingurwa rya Papa Francis

Ibyo wamenya kuri Bazilika ‘Santa Maria Maggiore’ ishyingurwamo Papa Fransikiko

Iyo uburezi bukora akazi kabwo neza, Jenoside ntiyari kuba – Minisitiri Nsengimana

igire July 27, 2023 July 27, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

UEFA Champions League:PSG isezereye Arsenal isanga Inter ku mukino wa nyuma
SIPORO

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?