Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Bugesera: Gitifu yazize impanuka ya Moto.
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Amakuru

Bugesera: Gitifu yazize impanuka ya Moto.

igire
igire Yanditswe July 31, 2023
Share
SHARE

Yanditswe na Sam Kabera/Igire.rw

Gitifu w’Akagari ka Musovu mu murenge wa Juru mu karere ka Bugesera, Ntabahwana Gerard yitabye Imana azize impanuka ya Moto yari atwaye yagonganye n’imodoka ahita yitaba Imana.

Bumwe mu butumwa bw’akababaro bwanditswe n’umwe mu bayobozi, bugaragaza ko uwo gitifu yitabye Imana mu rukerera rwo kuri uyu wa 30 Nyakanga 2023, ubu butumwa bukaba bunihanganisha umuryango we usigaye.

Bugira buti:” Mwaramutse neza bavandimwe
Basangirangendo?Tugize ibyago Ntabahwana Gerard ES Musovu Cell,Juru Sector Bugesera District Eastern Province,Yitabye Imana muri uru rukerera rwo kuwa 30/07/2023, azize impanuka y’Imodoka agonzwe.Imana imwakire mu bayo imutuze aheza Dukomeje Umuryango,Asize Umugore n’ Abana babiri b’abahungu.

Amakuru avuga ko uwo Gitifu yaba yazize impanuka ubwo yari yitabajwe n’abaturage ngo ajye gucyemura ikibazo, agafata moto hanyuma yagera munzira akaza kugongana n’imodoka agahita ahasiga ubuzima.

Umuvugizi wa Polisi ishami ryo mu muhanda SSP Rene Irere, yavuze ko hagikorwa iperereza ngo hamenyekane uburyo iyo mpanuka yabayemo ndetse n’icyayiteye.

You Might Also Like

Abajyanama b’Ubuzima bagiye kongererwa ubushobozi

ITANGAZO RYA NYIRABAHUTU Domitrie USABA GUHINDUZA AMAZINA

Ibyaranze ishyingurwa rya Papa Francis

Ibyo wamenya kuri Bazilika ‘Santa Maria Maggiore’ ishyingurwamo Papa Fransikiko

Iyo uburezi bukora akazi kabwo neza, Jenoside ntiyari kuba – Minisitiri Nsengimana

igire July 31, 2023 July 31, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

UEFA Champions League:PSG isezereye Arsenal isanga Inter ku mukino wa nyuma
SIPORO

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?