Inkuru ya Sam Kabera/Igire.rw
Uwari Meya wa Burera Uwanyirigira Marie Chantal yasabye imbabazi nyuma y’uko yirukanywe kuri uwo mwanya ati:
“Nsabye imbabazi ku nshingano ntabashije kuzuza, cyane cyane gusigasira ubumwe bw’abanyarwanda,
Ndashimira Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME uha amahirwe abanyarwanda bose mu kubaka igihugu, ndashimira umuryango FPR Inkotanyi,” yakomeje
ati:” Nshimira indacogoramumihigo z’akarere ka Burera icyizere mwari mwarangiriye, abafatanyabikorwa bose mu iterambere ry’akarere mu gihe nari maze mu nshingano.
Ndacyafite imbaraga n’ubushake bwo gukorera urwatubyaye”.
Sign Up For Daily Newsletter
Be keep up! Get the latest breaking news delivered straight to your inbox.
[mc4wp_form]
By signing up, you agree to our Terms of Use and acknowledge the data practices in our Privacy Policy. You may unsubscribe at any time.