Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Canada: Mark Carney yatorewe kuba Minisitiri w’Intebe yiyemeza guhangana na Trump
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Canada: Mark Carney yatorewe kuba Minisitiri w’Intebe yiyemeza guhangana na Trump

igire
igire Yanditswe March 10, 2025
Share
SHARE

Mark Carney yatorewe kuba Minisitiri w’Intebe mushya wa Canada, aho yiyemeje gutsinda intambara y’ubucuruzi hagati ya Canada na Leta Ubumwe za Amerika, nyuma y’aho Perezida Trump atangaje ko azazamura imisoro ku bicuruzwa biva muri Canada.

Minisitiri Mark yagizwe Minisitiri w’Intebe, nyuma yo gutorerwa kuyobora ishyaka riharanira ukwishyira ukizana, Parti Liberal mu matora yabaye ku Cyumweru.

Asimbuye Justin Trudeau weguye kuri uyu mwanya tariki 6 z’ukwezi kwa Mbere muri uyu mwaka.

Mark witegura kurahirira izi nshingamo mu minsi iri imbere, yavuze ko Canada nayo izongera imisoro ku bicuruzwa byose bituruka muri Amerika, kugeza igihe Amerika nayo yubashye Canada.

 

You Might Also Like

Kurera neza abana ni ingirakamaro ku muryango no ku Gihugu-Jeannette Kagame

Igihugu kidateza imbere abakobwa n’abagore kiba gifite igihombo- Mushikiwabo

MINUBUMWE yasabye abagororwa b’abagore bagiye kurangiza ibihano ku byaha bya Jenoside kurangwa n’ubumwe

Perezida Kagame yerekanye inkingi 3 Afurika yakubakiraho ikagira umutekano usesuye/AMAFOTO

Gushyira mu ikoranabuhanga inyandiko z’Inkiko Gacaca bizarangira mu 2026

igire March 10, 2025 March 10, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Rusizi: 92.1% by’abana bari munsi y’imyaka 5 barererwa muri ECDs
ubuzima

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?