Kigali: Impanuka yakomerekeyemo 23 harimo 3 bakomeretse bikomeye
Ahagana saa moya n’iminota 40 z’igitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki…
Muhanga: Abagorwaga no gushakira serivisi za ‘Scanner’ ahandi barasubijwe
Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga n’ibitaro bya Kabgayi, baratangaza ko bitarenze amezi abiri,…
Ibitaro bya Byumba bitanga Miliyoni 15 Frw ku mwaka mu kwita ku barwayi batagira kivurira
Ibitaro bya Byumba biri mu Karere ka Gicumbi, bivuga ko bitanga amafaranga…
Nyagatare: Urubyiruko 2064 rw’Intore z’Inkomezabigwi icyiciro cya 12 rwatangiye Urugerero rudaciye ingando
Urubyiruko 2064 rw’Intore z’Inkomezabigwi icyiciro cya 12 rwatangiye Urugerero rudaciye ingando mu…
U Rwanda rwijeje imiti mishya ivura Malariya yanze imiti isanzwe
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko iteganya gutanga imiti mishya yo guhangana na…
RWAMAGANA:Kubera kutagira ubyiherero mubishanga bituma bahora kwamuganga bivuza
Abaturage bakorera ibikorwa by’ubuhinzi mu gishanga cya Rugende gitandukanya Rwamagana n’Umujyi wa…
Kamonyi: Igwingira mu bana ryagabanutse ku kigereranyo cya 11%
Imibare itangwa n’Inzego zitandukanye hamwe n’abafatanyabikorwa, igaragaza ko igwingira mu bana mu…
Abangavu 25 barabyara buri munsi mu Rwanda-RBC
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima RBC kiratangaza ko ikigereranyo cy’abana b’abangavu 25 buri…
Tokyo igiye gutangiza gahunda yo gukora iminsi ine mu cyumweru
Umurwa mukuru w’u Buyapani, Tokyo, urateganya gutangiza gahunda yo gukora iminsi ine…
35% by’abakora uburaya bafite Virusi itera SIDA – MINISANTE
Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, avuga ko nubwo bishimira ko Virusi itera…