Kigali: Abatwara ibishingwe baravugwaho gutinda kubivana mu ngo
Mu bice bimwe by’i Kigali hari abaturage binubira kuba ibigo bitwara ibishingwe…
Burera: Abahoze ari abarembetsi bavuga ko inkunga bagenewe itabagezeho
Bamwe mu bahoze ari abarembetsi bo mu Karere ka Burera mu Mirenge…
Musanze: Inzoga yiswe ‘Nzogejo’ isoko y’umwanda
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Shingiro bavuga ko batewe impungenge…
NGOMA: Abafashamyumvire b’itorero Anglican ry’u Rwanda kubufatanye na Hope International basoje amahugurwa bari bamazemo imyaka itatu
Mugusoza urugendo rw’imyaka itatu, abafasha myumvire ya EAR Diyoseze Kibungo, bari bamaze…
Bamwe mu babyeyi ntibakozwa ibyo konsa abana kugira ngo amabere atagwa
Inzego zitandukanye zifite ubuzima bw’umwana mu nshingano ziragaragaza ko konsa umwana uko…
Nyaruguru: Ababyeyi bahangayikishijwe n’inkuba zikubita ku mashuri
Hari ababyeyi bavuga ko batewe impungenge n’ubuzima bw’abana babo bari ku mashuri…
Kimwe cya kabiri cy’abarwaye Kanseri mu Rwanda ntibazi ko bayifite
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), itewe impungenge n’indwara ya kanseri yibasiye abatuye Isi n’u…
KAYONZA: IMPINDUKA MUBAYOBOZI B’AMADINI N’AMATORERO
Aba bayobozi babigarutseho ubwo bari mu mahugurwa yateguwe n’itorero rya Disciple Nations…
Abagore bashya 1,421 batwite basanganywe HIV/SIDA mu Rwanda
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) bwatangaje ko mu bagore batwite bipimishije visuri…