ubuzima Stories

Hari abakoresha ubwishingizi burimo RAMA babangamiwe no kwandikirwa imiti farumasi ntiziyibahe

Hari abaturage bivuriza kuri mituweli na RAMA biganjemo abafite indwara zidakira, bavuga…

na igire

Kigali: Abatwara ibishingwe baravugwaho gutinda kubivana mu ngo

Mu bice bimwe by’i Kigali hari abaturage binubira kuba ibigo bitwara ibishingwe…

na igire

Burera: Abahoze ari abarembetsi bavuga ko inkunga bagenewe itabagezeho

Bamwe mu bahoze ari abarembetsi bo mu Karere ka Burera mu Mirenge…

na igire

Musanze: Inzoga yiswe ‘Nzogejo’ isoko y’umwanda

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Shingiro bavuga ko batewe impungenge…

na igire

NGOMA: Abafashamyumvire b’itorero Anglican ry’u Rwanda kubufatanye na Hope International basoje amahugurwa bari bamazemo imyaka itatu

Mugusoza urugendo rw’imyaka itatu, abafasha myumvire ya EAR Diyoseze Kibungo, bari bamaze…

na igire

Bamwe mu babyeyi ntibakozwa ibyo konsa abana kugira ngo amabere atagwa

Inzego zitandukanye zifite ubuzima  bw’umwana mu nshingano ziragaragaza ko konsa umwana uko…

na igire

Nyaruguru: Ababyeyi bahangayikishijwe n’inkuba zikubita ku mashuri

Hari ababyeyi bavuga ko batewe impungenge n’ubuzima bw’abana babo bari ku mashuri…

na igire

Kimwe cya kabiri cy’abarwaye Kanseri mu Rwanda ntibazi ko bayifite

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), itewe impungenge n’indwara ya kanseri yibasiye abatuye Isi n’u…

na igire

KAYONZA: IMPINDUKA MUBAYOBOZI B’AMADINI N’AMATORERO

Aba bayobozi babigarutseho ubwo bari mu mahugurwa yateguwe n’itorero rya Disciple Nations…

na igire

Abagore bashya 1,421 batwite basanganywe HIV/SIDA mu Rwanda

Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) bwatangaje ko mu bagore batwite bipimishije visuri…

na igire