Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: CECAFA Kagame Cup ntikibaye!!
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Imikino

CECAFA Kagame Cup ntikibaye!!

igire
igire Yanditswe July 24, 2023
Share
SHARE

Iri rushanwa rya CECAFA Kagame Cup rihuza ama-Clubs yo mubihugu bigize umuryango wa Africa yuburasirazuba rigatumirwamo nandi ma-Clubs yo mubindi bihugu cyane cyane ibyo munsi yubutayu bwa sahara ryasubitswe!! CECAFA isanzwe itegura iri rushanwa riterwa inkunga na Nyakubahwa Perezida Paul Kagame ibuze aho irishyira kuko bigongana ninjyenga bihe ya CAF na FIFA nkuko umuyobozi wa CECAFA Auka Gecheo abitangaza.

Iri rushanwa riheruka gukinwa muri 2021 ikipe ya Express yo mugihugu cya Uganda ikegukana igikombe

Nimugihe kandi ama-clubs yo mu Rwanda aheruka kuryitabira muri 2019 ubwo bivuzeko hagiye gushira imyaka igera Kuri ine ntakipe yo mu Rwanda irikandagiyemo

Nkibindibyiciro byose byimibereho kwisi iri rushanwa naryo muri 2020 ryakomwe munkokora na COVID19 bituma ritangira kugenda biguruntege.

You Might Also Like

Perezida Kagame yanenze abikoreza u Rwanda inshingano zitubahirizwa muri RDC

Perezida KAGAME yashyizeho umuyobozi wa RDB

MINEDUC yasubukuye gahunda yo gusura abanyeshuri yasubitswe kubera Marburg

U Rwanda rwatsinze Argentine mu mukino wo gushaka itike y’igikombe cy’Isi warebwe na Perezida Kagame (Amafoto)

#FIBAWWC 2026: U Rwanda rwatangiye neza urugendo rugana mu Gikombe cy’Isi (Amafoto)

igire July 24, 2023 July 24, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

UEFA Champions League:PSG isezereye Arsenal isanga Inter ku mukino wa nyuma
SIPORO

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?