Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Rusizi:abanyeshuri barashimira itangaza makuru rya bakoreye ubuvugizi
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Ubukungu

Rusizi:abanyeshuri barashimira itangaza makuru rya bakoreye ubuvugizi

igire
igire Yanditswe August 1, 2023
Share
SHARE

I Rusizi : nyuma Yuko abanyeshuri bakoreraga ibizamini bya Leta bisoza umwaka w’amashuri makuru byo 6 mu kigo cya TVT Matare  bagaruwe mu kigo ubwo birukanwaga n’umuyobozi w’umurenge wa Nkungu ari naho icyo kigo gihereremo .

Aba banyeshuri ngo barashima byimazeyo itangaza makuru n’a police ndetse n’ubufatanye bw’ubuyobozi bw’akarere ka Rusizi umuhate n’ubwitange bagize kugirango bagarugwe mu kigo.

Bagize Bate “ twebwe muri rya joro ryo kuwa 26/7/2023 , ubwo amarira  n’agahinda kuri twe twibaza aho turara turi hanze y’ikigo mu giturage  abandi mu mayira  ariko itangaza makuru riraturengera ridukorera ubuvugize  tugaruka mu kigo , inzara twari dufite nayo irashira “

Bakomeje bavugako ubu Bari kurya ba kanacumbikirwa neza ngo gusa ariko nubundi bakaba bafite impungenge ko bazatsindwa ikizamine k’imibare kuberako batigeze biga iryo somo mu myaka yose 3 , ubwo ni uguhera mu mwaka 4 kugeza mu mwa wanyuma 6 .

Bavuzeko  bagiye  babona umwalimu akaza ku munsi wa mbere ukurikiye nta garuke bikarangira bityo isomo ry’imibare nti ryigwe .

Tukimara kumva ayo makuru Umunyamakuru wa IGIRE.RW  yavuganye  n’ubuyobozi bwa karere ka Rusizi bavugako  icyo kibazo kizwi gusa ko aho batize neza iryo somo ry’imibare ari uguhera mu gihembwe cya 2 cy’umwaka 6 usoza uy’umwaka 2023

Bwagize  buti “ aho abenyeshuri  batize isomo ry’imibare ni uguhera mu gihembwe cya kabire mu mwaka wa 6 kuberako umwalimu waryigishaga  wasangaga baramwohereje ahandi bityo iryo somo nti tiryigishwe nkuko bikwiriye ‘’

 

Umwanditsi:Isaie Nshimiyimana

IGIRE.RW

You Might Also Like

Imenyerazamwuga niyo nkingi y’umurimo unoze

Ingengo y’imari ya 2025/2026 iziyongeraho miliyari 1 216,1Frw igere kuri miliyari 7 032,5 Frw

Umusaruro w’inganda wazamutseho 5% muri Werurwe 2025

U Rwanda mu nzira yo gushyiraho ibigega bizigama ibikomoka kuri peretoli litiro miliyoni 334

U Rwanda na PSG byongereye amasezerano y’imikoranire kugeza mu 2028

igire August 1, 2023 August 1, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Perezida Kagame yaganiriye na mugenzi we wa Côte d’Ivoire
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?