Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: DRC: Abasirikare Umunani ba MONUSCO bakomerekejwe n’amasasu muri Sake
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

DRC: Abasirikare Umunani ba MONUSCO bakomerekejwe n’amasasu muri Sake

igire
igire Yanditswe March 15, 2024
Share
SHARE

Umuvugizi w’igisirikare cya DR Congo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru Colonel Ndjike Kaiko yatangaje ko abasirikare barindwi  bo mu ngabo za MONUSCO bari mu birindiro byabo i Sake bakomerekejwe n’ibisasu by’inyeshyamba za M23.

Ni mugihe Umuyobozi mukuru wa MONUSCO muri Congo, Madamu Bintou Keita, yasohoye itangazo ryamagana igitero ku ngabo za ONU ariko akaba natwe ashinja kurasa kuri izo ngabo, ni mugitero avuga ko cyakomerekeyemoabasirikare umunani ba MONUSCO, harimo umwe wakomeretse bikomeye.

Imirwano hagati y’ingabo za leta ya Congo FARDC n’abo bafatanyije bahuriyemo n’umutwe wa M23 i Sake n’inkengero zayo yubuye ku munsi w’ejo kuwa gatandatu mu gitondo nyuma y’igihe kigera ku byumweru bibiri nta mirwano ikomeye iba muri ako gace.

Umutwe wa M23 ntacyo uravuga ku byo ushinjwa n’ingabo za leta ko ari wo warashe kuri izo ngabo za ONU ariko Bintou Keita yatangaje ko biteguye “gufasha iperereza ryose ryakorwa rigamije kugaragaza ababikoze bakagezwa imbere y’ubucamanza bwo mu gihugu cyangwa mpuzamahanga”.

Nubwo ibi byabaye, MONUSCO ivuga ko izakomeza gufatanya n’ingabo za leta mu bikorwa byo gucunga umutekano w’abaturage, Umutwe wa M23 uvuga ko ingabo za MONUSCO zifasha ingabo za leta mu rugamba barwana.

You Might Also Like

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS

Hatashywe Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa mbere mu Burayi bw’Amajyaruguru

Perezida Kagame yasuye ishuri ryigisha AI muri Algeriya

Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika

Umugaba w’Ingabo za Misiri yasuye u Rwanda (AMAFOTO)

igire March 17, 2024 March 15, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?