Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Ese ndinde ufite uruhare mukubara ukwezi kumugore mubashakanye?
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
ubuzima

Ese ndinde ufite uruhare mukubara ukwezi kumugore mubashakanye?

igire
igire Yanditswe July 29, 2024
Share
SHARE

Mu gihe bamwe mu bashakanye bumva ko ibijyanye no kubara ukwezi k’umugore bireba abagore gusa, abandi bakavuga ko nta makuru babifiteho, impuguke mu bijyanye n’imibanire y’abashakanye zivuga ko umugabo n’umugore bakwiye kumenya ubuzima bw’imyororokere ya buri umwe harimo no kubara ukwezi k’umugore, kuko bituma bagira urugo rwiza rwishimye kandi rugatera imbere.

Kubara ukwezi k’umugore ni bumwe mu buryo bwifashishwa mu koboneza urubyaro. Ni ingingo itavugwaho rumwe bitewe n’uko hari nk’abumva ko ari inshingano z’abagore gusa, abandi nabo bakaba nta makuru babifiteho ahagije.

Bamwe mu bagore bo hirya nohino mugihugu  bavuga ko nta makuru cyangwa ubumenyi  babifiteho, ndetse batajya babiganiraho n’abo bashakanye.

Ku ruhande rw’abagabo, hari bamwe bumva ko ko kubara ukwezi k’umugore atari inshigano z’umugabo, ahubwo bireba abagore kuko aribo batwita.

Twagirumukiza jams numugorewe Mukamana Oliva batuye mukarere ka Gatsibo mumurenge wa Kiramuruzi ,bamaranye imyaka 11 babana muburyo  bwemewe namategeko nabo bagerageje gufatanya kubara  ukwezi kumugore ariko  bose byarabananiye  ninatuma ubu bamaze  kubyara abana 4 ubu umugore akaba atwite inda yumwana wagatanu.

Dr. Ndacyayisenga Victorien, inzobere mu kuvura indwara z’abagore(Gynecologist)

avuga ko kubara ukwezi k’umugore ari bumwe mu buryo bwifashishwa mu kuboneza urubyaro, bikaba bireba abagabo n’abagore bose.

Nubwo bamwe mu baturage bavuga ko ibijyanye no kubara ukwezi k’umugore batabizi, abandi bakavuga ko bireba abagore gusa, hari abavuga ko nubwo batabizi ariko bumva bifuza kubimenya kuko bazi akamaro kabyo, bityo bagasaba inzego bireba kongera imbaraga mu kubibigisha bakabimenya, bakajya babasha kubara ukwezi kwabo bakirinda ingaruka ziva ku kutabimenya, arizo kubyara batabiteganije doreko bituma imwe mumishinga y’iteambere ryurugo idindira.

Kubara ukwezi kumugore ni bumwe muburyo kwo kuboneza urubya , ingezgo zubuzima zishishikariza abaturage ,kuboneza urubyaro hifashshijwe bumwe muburyo bukirikira

  1. Agakingirizo
  2. Agapira ko mu mura (IUD)
  3. Kwifungisha
  4. Kubara
  5. Urwugara
  6. Akugara k’inkondo y’umura
  7. Spermicide
  8. Kwiyakana

You Might Also Like

Abajyanama b’Ubuzima bagiye kongererwa ubushobozi

Ibyaranze ishyingurwa rya Papa Francis

Ibyo wamenya kuri Bazilika ‘Santa Maria Maggiore’ ishyingurwamo Papa Fransikiko

Iyo uburezi bukora akazi kabwo neza, Jenoside ntiyari kuba – Minisitiri Nsengimana

Abapolisi batanze amaraso yo kuzafashisha abarwayi

igire November 24, 2024 July 29, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

UEFA Champions League:PSG isezereye Arsenal isanga Inter ku mukino wa nyuma
SIPORO

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?