Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Expo 2023: Abarwaye Diyabete n’umubyibuho Blue Band yabikemuye.
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Amakuru

Expo 2023: Abarwaye Diyabete n’umubyibuho Blue Band yabikemuye.

igire
igire Yanditswe July 31, 2023
Share
SHARE

Yanditswe na Sam Kabera/ Igire.rw

Ubwo hatangizwaga Imurikagurisha i Gikondo kuri uyu wa 31/7/2023 hagaragayemo udushya tutari dusanzwe mu yandi mamurikagurisha, doreko ubu iri murikagurisha mpuzamahanga ribaye ku nshuro ya 26 rikaba riri kubera i Gikondo.

Kuri iyi nshuro rikaba ryaritabiriwe n’ibihugu 22 birimo n’u Rwanda,abamurika bakaba ari 403 barimo abanyamahanga 118.MINICOM irasaba abacuruzi kudashyiraho ibiciro by’umurengera bahenda ababagana.

Uri guhaha wese arimo guhabwa amahirwe yo gutombora igicuruzwa ashaka cy’uru ruganda.

Mu bamurika bazanye udushya ndetse bigaragarako ari ibintu abanyarwanda badasanzwe bamenyereye.Hari amavuta( Blue Band) zisanzwe zimenyerewe mu gusigwa ku migati, muri iri murikagurisha bari kugaragaza uburyo zitekwa nk’amavuta asanzwe ibi bikaba byashimishije abitabiriye iri murikagurisha,kuko bo bari basanzwe baziko zisigwa imigati gusa.

Kuri ubu muri iri murikagurisha Blue Band y’amavuta makeya(Low fat) itamenyerewe cyane ku isoko, ku bw’amavuta make, iyi ikaba ikoreshwa cyane n’abarwaye Diyabete ndetse n’abafite umubyibuho ukabije. Hari n’indi ikozwe mu bunyobwa nayo abantu bakunze cyane.

Shema Kabaga Justine, avugako Blue band ari Kampani nini ifite ibikenerwa n’abanyarwanda bose. Avugako muri iri murikagurisha bazanye ibicuruzwa biri kugiciro cyo hasi kandi bifuza kubigeza ku banyarwanda bose.

BlueBand itekeshwa nk’amavuta asanzwe

Minisitiri w’inganda n’ubucuruzi Dr Ngabitsinze Jean Chrysostome,wafunguye kumugaragaro iri murikagurisha yavuze ko babona rigenda rizamo impinduka ngo kuko mbere abenshi bazagamo baje kwinywera gusa.

Minisitiri w’inganda n’ubucuruzi ari kumwe n’Umuyobozi w’agateganyo wa PSF Madamu Jeanne Françoise Mubiligi bafungura Imurikagurisha.

 

 

You Might Also Like

Imenyerazamwuga niyo nkingi y’umurimo unoze

Ingengo y’imari ya 2025/2026 iziyongeraho miliyari 1 216,1Frw igere kuri miliyari 7 032,5 Frw

Umusaruro w’inganda wazamutseho 5% muri Werurwe 2025

U Rwanda mu nzira yo gushyiraho ibigega bizigama ibikomoka kuri peretoli litiro miliyoni 334

U Rwanda na PSG byongereye amasezerano y’imikoranire kugeza mu 2028

igire July 31, 2023 July 31, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Imenyerazamwuga niyo nkingi y’umurimo unoze
Ubukungu

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?