Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Ferwafa yabonye umunyamabanga mushya nyuma y’iminsi itarimicye ifite umunyamabanga w’agateganyo
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Amakuru

Ferwafa yabonye umunyamabanga mushya nyuma y’iminsi itarimicye ifite umunyamabanga w’agateganyo

igire
igire Yanditswe August 7, 2023
Share
SHARE

Kalisa Adolphe Camarade ni we wagizwe umunyamabanga mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) aho yasimbuye Jules Karangwa wari uw’agateganyo.

Tariki ya 20 Mata 20 nibwo uwari Umunyamabanga mukuru wa FERWAFA, Muhire Henry yeguye ku nshingano ze ku mpamvu ze bwite aho yeguriye rimwe na benshi mu bari bagize Komite Nyobozi ya Nizeyimana Olivier Mugabo wari perezida wa FERWAFA weguye mbere yabo.

Kuri iyo tariki nibwo FERWAFA yahise yemeza Jules Karangwa usanzwe ari umujyanama mu by’amategeko muri FERWAFA ndetse n’umuvugizi wungirije w’iri Shyirahamwe nk’umunyamabanga mukuru w’agateganyo.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 7 Kanama 2023, FERWAFA yatangaje ko nyuma y’inama ya Komite Nyobozi y’iri shyirahamwe yabaye, Kalisa Adolphe Camarade yagizwe umunyamabanga mukuru wa FERWAFA.

Yagize iti “Komite Nyobozi ya Ferwafa, mu nama yayo yateranye kuri uyu wa 7 Kanama yemeje Bwana Kalisa Adolphe ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA.”

Kalisa Adolphe si ubwa mbere agiye gukora izi nshingano nubwo atazikoze muri FERWAFA, yazikoze muri APR FC aho yabaye umunyamabanga mukuru w’iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu imyaka myinshi mbere y’uko muri 2019 asimbuzwa Afande Sekaramba Sylvestre.

Uyu mugabo uzwi cyane mu mupira w’u Rwanda cyane cyane muri APR FC akaba ari we wari usanzwe ari perezida wa Komisiyo y’Amatora mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda.

 

Kalisa Adolphe Camarade yagizwe Umunyamabanga wa FERWAFA

 

You Might Also Like

ITANGAZO RYA NYIRABAHUTU Domitrie USABA GUHINDUZA AMAZINA

Виртуальный портал 1win зеркало online: наполненный каталог тайтлов с бонусными спинами

Rutsiro: Kutagira umuriro bituma abatuye Sure batiteza imbere uko bikwiye

Online Casino games

1Вин зеркало на данный момент диалоговый

igire August 7, 2023 August 7, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Amb. Bizimana yashyikirije Perezida wa Senegal impampuro zo guhagararira u Rwanda
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?