Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: 80 bafite umuvuduko ukabije w’amaraso bavuwe ku buntu
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
ubuzima

80 bafite umuvuduko ukabije w’amaraso bavuwe ku buntu

igire
igire Yanditswe May 19, 2023
Share
SHARE


Abarwaye umuvuduko w’amaraso ukabije (Hypertension) bivuriza ku bitaro bikuru bya Ruhengeri bishimira uburyo begerwa n’inzego z’ubuzima mu Rwanda. Ibyo babitangaje kuri uyu munsi mpunzamhanga wo kuvura indwara y’umuvuduko w’amaraso ukabije.

Kuri uyu munsi mpuzamahanga wo kuvura indwara y’umuvuduko w’amaraso ukabije, mu bitaro bikuru bya Ruhengeri itsinda ry’inzobere z’abaganga baturutse mu rugaga rw’inzobere zivura indwara zo mu mubiri z’abantu bakuru k’ubufatanye n’ikigo cy’igihugu gushinzwe ubuzima (RBC) basuzumye k’ubuntu abarwayi ndetse babaha n’imiti.

inzobere mu kuvura indwara zo mu mubiri z’abantu bakuru mu bitaro bikuru bya ruhengeri Dr Izabayo Emmanuel avuga ko umuvuduko w’amaraso ukabije iyo utavuwe neza bigira ingaruka mbi ku murwayi.

Ikigo gishinzwe ubuzimamu Rwanda (RBC) kigaragaza ko mu Rwanda indwara y’umuvuduko w’amaraso ukabije mu bakuze iri ku igipimo cya 16.8%.

Inzobere mu kuvura indwara y’umuvuduko w’amaraso mu bitaro bya Byumba Dr Hakorimana Martin hari inama agira abaturage.

Kuri uyu wa Gatanu, mu Bikuru bya Ruhengeri havuwe ku buntu abarwayi basaga 80. Mu Karere ka Musanze habarurwa abarwayi 3702 bafite uburwayi bw’umuvuduko w’amaraso ukabije barimo abagabo 820 n’abagore 2882.

Umwanditsi:Igire.rw

You Might Also Like

Abajyanama b’Ubuzima bagiye kongererwa ubushobozi

Ibyaranze ishyingurwa rya Papa Francis

Ibyo wamenya kuri Bazilika ‘Santa Maria Maggiore’ ishyingurwamo Papa Fransikiko

Iyo uburezi bukora akazi kabwo neza, Jenoside ntiyari kuba – Minisitiri Nsengimana

Abapolisi batanze amaraso yo kuzafashisha abarwayi

igire May 25, 2023 May 19, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

UEFA Champions League:PSG isezereye Arsenal isanga Inter ku mukino wa nyuma
SIPORO

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?