Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Gapapu byasabyeko Umuyobozi wa Kiyovu Association yigira I Burundi gusinyisha Umukinnyi
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Imikino

Gapapu byasabyeko Umuyobozi wa Kiyovu Association yigira I Burundi gusinyisha Umukinnyi

igire
igire Yanditswe July 26, 2023
Share
SHARE

Kiyovu Sports yateye gapapu Rayon Sports maze isinyisha rutahizamu w’umurundi, Richard Bazombwa Kirongozi.

Uyu mukinnyi ukina usatira anyuze ku ruhande, yageze mu Rwanda ku Cyumweru tariki ya 23 Nyakanga 2023 aho yari aje mu biganiro bya nyuma na Rayon Sports.

Richard wari usigaje umwaka umwe wa Bumamuru bivugwa ko yaje yaratangiye ibiganiro na Kiyovu Sports ariko ubuyobozi bwa Rayon Sports butabizi.

Uyu mukinnyi wategewe na Rayon Sports ndetse ikamukurikirana kugeza ageze i Kigali, ku wa Mbere ubwo yari yagiye mu biganiro n’iyi kipe ariko baza gusanga hari ibyangombwa adafite bamusaba kujya kubishaka kuko batamusinyisha atabifite kubera ko batabona uko bamwandikisha ngo azabakinire imikino Nyafurika.

Aha nibwo Kiyovu Sports yari yaravuganye na Bumamuru FC yahise imwibira, nubwo Rayon yari yamutegeye ngo asubire gushaka ibyangombwa, aho gusubira i Burundi bahise bajya mu biganiro na Kiyovu Sports yari yiteguye kwishyura miliyoni 22 bifuzaga.

Impande zombi zaje kumvikana maze uyu mukinnyi ejo hashize asinyira Kiyovu Sports amasezerano y’imyaka ibiri azageza muri 2025

Ubu ni umukinnyi mushya wa Kiyovu Sports

You Might Also Like

Perezida Kagame yanenze abikoreza u Rwanda inshingano zitubahirizwa muri RDC

Perezida KAGAME yashyizeho umuyobozi wa RDB

MINEDUC yasubukuye gahunda yo gusura abanyeshuri yasubitswe kubera Marburg

U Rwanda rwatsinze Argentine mu mukino wo gushaka itike y’igikombe cy’Isi warebwe na Perezida Kagame (Amafoto)

#FIBAWWC 2026: U Rwanda rwatangiye neza urugendo rugana mu Gikombe cy’Isi (Amafoto)

igire July 26, 2023 July 26, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

UEFA Champions League:PSG isezereye Arsenal isanga Inter ku mukino wa nyuma
SIPORO

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?