Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Gukoresha amafaranga icyo atateguriwe, bimwe bituma abafata inguzanyo muri banki bagorwa no kwishyura
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Ubukungu

Gukoresha amafaranga icyo atateguriwe, bimwe bituma abafata inguzanyo muri banki bagorwa no kwishyura

igire
igire Yanditswe December 9, 2024
Share
SHARE

Nyuma y’uko igipimo cy’inguzanyo zitishyurwa neza kivuye kuri 3.6% kikagera kuri 5%, abasesengura ibijyanye n’ubukungu basanga abasaba inguzanyo mu bigo by’imari bakwiye kujya banonosora neza imishinga yabo kugira ngo kwishyura bitazagorana.

Ikibazo cy’inguzanyo zitishyurwa neza ngo kititondewe cyagira ingaruka mu bukungu bw’Igihugu.

Senateri Nyinawamwiza Laetitia ni umwe mu bagaragaza impungenge ashingiye kuri raporo y’ibikorwa bya Banki Nkuru y’u Rwanda, BNR.

Iyi raporo y’ibikorwa bya BNR ya 2023-2024 igaragaza ko hari umwenda w’inguzanyo ya miliyari 267 Frw utarishyuwe neza, ibi abasesengura ubukungu basanga biterwa n’imishinga ikorwa ntitange umusaruro na ba nyirayo cyangwa abaturage bagasaba amafaranga ntibayakoreshe ibyo bayasabiye.

Gusa n’ubwo uyu mwenda ari mwinshi, Guverineri wa BNR, John Rwangombwa, avuga ko politiki yo kurengera ubukungu Leta yashyizeho yarinze banki ibihombo bifitanye isano n’inguzanyo zitishyurwa neza.

BNR igaragaza ko igipimo cy’inguzanyo zitishyurwa neza cyiyongereye kuko cyavuye kuri 3.6% kikagera kuri 5% hashingiwe kuri raporo y’iki kigo ya 2023-2024.

Ubushakashatsi bwa FinScope 2024 bwagaragaje ko abasaba inguzanyo muri banki no mu bigo by’imari biyongereye bagera kuri miliyoni 1.9 bavuye kuri miliyoni 1.5 mu 2020.

 

You Might Also Like

Ingengo y’imari ya 2025/2026 iziyongeraho miliyari 1 216,1Frw igere kuri miliyari 7 032,5 Frw

Umusaruro w’inganda wazamutseho 5% muri Werurwe 2025

U Rwanda mu nzira yo gushyiraho ibigega bizigama ibikomoka kuri peretoli litiro miliyoni 334

U Rwanda na PSG byongereye amasezerano y’imikoranire kugeza mu 2028

Abadepite basabiye urubyiruko rw’amikoro make n’abarengeje imyaka 65 guhabwa inguzanyo ya VUP

igire December 9, 2024 December 9, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

VATICAN : Papa Leo XIV arasaba ko intambara zirangira
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?