Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Gutanga Ubutabera ku banyarwanda si Igifungo Gusa
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Gutanga Ubutabera ku banyarwanda si Igifungo Gusa

igire
igire Yanditswe February 8, 2024
Share
SHARE

Umuryango Rwanda Bridges to Justice, uharanira ko Abanyarwanda bagerwaho n’ubutabera usaba inzego zishinzwe kubahiriza Amategeko ko zasuzuma uburyo bwo guhana abantu baba bakurikiranywe n’inkiko kandi bitagize ingaruka ku miryango yabo nabo ubwabo.

Mu biganiro bihuje inzego zitandukanye zirimo ubushinjacyaha bukuru, Ubugenzacyaha nabandi bakurikiranira hafi ingingo z’amategeko, hagaragajwe ko gufunga umuntu wakoze icyaha cyoroheje bidakwiye kuba bisaba igifungo kirekire kuko hari byinshi bidindira, ikindi ugasanga byongera ubucucike mu magereza.

RUZINDAZA Eric umukozi wa Bridges to Justice ushinzwe ikurikirana bikorwa, arasobanura icyo bifuza ku nzego z’ubutabera mu Rwanda ku buryo bwo guhana abakoze ibyaha byumwihariko abakatirwa igihano cy’igifungo.

Yagize ati: “Inama yambere ni ukumva ko kubona ubutabera Atari uko umuntu aba yafunzwe, hari abantu benshi baba bumva ko kugirango ahabwe ubutabera aruko uwamukoshereje afunze, cyangwa se bumva ko bagomba kugana inkiko, ngirango mujya mwumva abavuga ko bashobora gutanga amasambu baburana inkoko, ubundi wumvikanye nuwagukoshereje mukumvikana ntacyo biba bitwaye”

Mu Rwanda Inzego zishinzwe gutanga Ubutabera zishishikariza abanyarwanda gucika ku muco wo kwirukira mu nkiko, kuko ubu hari ubwuryo bwinshi bwo gukemura ibibazo harimo ubwunzi, ndetse no kuba abantu bahuzwa bakumvikana bagakemura ibibazo bafitenye kandi ibi bigaragara ko bitanga umusaruro ufatika.

AMAFOTO:

 

You Might Also Like

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS

Hatashywe Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa mbere mu Burayi bw’Amajyaruguru

Perezida Kagame yasuye ishuri ryigisha AI muri Algeriya

Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika

Umugaba w’Ingabo za Misiri yasuye u Rwanda (AMAFOTO)

igire February 8, 2024 February 8, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?