
Nyuma y’iminsi 16 hashakishwa abantu 6 bagwiriwe n’ikirombe mu Karere ka Huye, hanzuwe ko ibi bikorwa bihagarara, bitewe n’uko nta cyizere cyo kubabona kigihari, dore ko hari hamaze gucukurwa metero 70 z’ubujyakuzimu.Umuvugizi wungirije wa Guverinoma, Alai Mukuralinda yatangaje ko ababuze ababo biyemeje gukora ikiriyo kuri uyu wa Gatandatu no kuri iki Cyumweru maze ku ya 9 Gicurasi 2023 bagakora umuhango wo gushyingura.
Avuga ko Guverinoma ibihanganisha kandi yiyemeje gukomeza kubaba hafi.
Sign Up For Daily Newsletter
Be keep up! Get the latest breaking news delivered straight to your inbox.
[mc4wp_form]
By signing up, you agree to our Terms of Use and acknowledge the data practices in our Privacy Policy. You may unsubscribe at any time.