Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: I Kigali hagiye guteranira inama yiga ku kugeza murandasi mu bice by’isi bitayifite
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Mu Rwanda

I Kigali hagiye guteranira inama yiga ku kugeza murandasi mu bice by’isi bitayifite

igire
igire Yanditswe June 10, 2024
Share
SHARE

Kuri uyu wa Mbere I Kigali harahurira abasaga 1,200 baturutse hirya no hino ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga y’iminsi 4 iganirirwamo icyakorwa ngo abasaga kimwe cya 3 cy’abatuye isi batagerwaho na murandasi bayibone kandi mu ndimi bumva neza z’iwabo.

Ni ku nshuro ye ya mbere Umunya Canada Prof. Mathew Adams ageze muri Afurika no mu Rwanda by’umwihariko. Gusa yishimiye uburyo murandasi mu Rwanda yayisanze nubwo hari aho avuga yagiye icika uko ajya kure ya Kigali.

“Mu Mujyi wa Kigali hano sinigeze ngira ibibazo byinshi bya murandasi kuko maze iminsi nkoresha telefoni yanjye navanye muri Canada nyihuza na murandasi ya hano kandi igaragara ko yihuta. Gusa uko nakomezaga njya kure ya Kigali ni nako nakomezaga kuyitakaza ariko ahantu hose nabaye muri hoteli yari ihari bihagije.”

N’ubwo bimeze gutya, kimwe cya 3 cy’abatuye isi ntibagerwaho na murandasi ndetse zimwe mu mpamvu batayitabira nuko ikoresha indimi batumva neza.

Umuyobozi mukuru w’ihuriro rizahurira mu Rwanda (ICANN) rimaze imyaka 25 Sally Costeron avuga ko muri iyi nama igiye kuba ku nshuro ya 80 abayirimo bazasuzumira hamwe imbogamizi zituma iki gice kingana gutya cy’abatuye isi batagerwaho na murandasi.

Muri iyi nama yitabiriwe n’abagize sosiyete sivile, abashakashatsi, abashoramari, abafata ibyemezo muri leta n’abandi bo mu ngeri zitandukanye, bazaganira ku mutekano mu ikoranabuhanga, murandasi idaheza kandi ihendukiye buri wese.

 

You Might Also Like

Виртуальный портал 1win зеркало online: наполненный каталог тайтлов с бонусными спинами

Rutsiro: Kutagira umuriro bituma abatuye Sure batiteza imbere uko bikwiye

Online Casino games

1Вин зеркало на данный момент диалоговый

Melbet: Бонусы, промокоды а еще действия абсолютно все, чего бог велел большой свет!

igire June 10, 2024 June 10, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Amerika: Abihinduje igitsina batangiye kwirukanwa mu gisirikare
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?