Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Ibitero bya Ukraine ku Burusiya byatumye akandi gace gatangaza ibihe bidasanzwe
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Ibitero bya Ukraine ku Burusiya byatumye akandi gace gatangaza ibihe bidasanzwe

igire
igire Yanditswe August 14, 2024
Share
SHARE

Guverineri w’akarere ka Belgorod mu Burusiya yatangaje ibihe bidasanzwe, mu gihe Ingabo za Ukraine zinjiye mu cyumweru cya kabiri zitangije ibitero imbere mu Burusiya .

Guverineri Vyacheslav Gladkov avuga ko ibisasu bya Ukraine buri munsi bisenya amazu kandi byica abaturage nk’uko iyi nkuru dukesha BBC ivuga.

Bije nyuma y’uko Ukraine yinjiye mu karere ka Kursk, aho ivuga ko ubu igenzura imijyi n’imidugudu 74 yaho.

Igitero gitunguranye ku butaka bw’u Burusiya cyatangiye ku itariki ya 6 Kanama, kikaba ari cyo cya mbere cya Ukraine cyinjiye cyane muri iki gihugu kuva Moscou yagaba igitero simusiga kuri iki gihugu.

Putin yashinje Ukraine “gukora ibyaha” ku baturage b’u Burusiya kandi avuga ko Kyiv izakira icyo yise “igisubizo gikwiye”.

Belgorod ni akarere ko mu burengerazuba bw’u Burusiya, hafi y’umupaka na Ukraine. Gaturanye na Kursk, aho Ingabo za Ukraine zagabye igitero ku wa Kabiri ushize kandi ubu zikaba zigenzura imijyi myinshi yaho.

 

You Might Also Like

Amerika: Abihinduje igitsina batangiye kwirukanwa mu gisirikare

Amb. Bizimana yashyikirije Perezida wa Senegal impampuro zo guhagararira u Rwanda

Ibyo wamenya kuri Papa Leon XIV, Umusimbura mushya wa Petero intumwa

Perezida Kagame uri i Paris yakiriwe na Macron w’u Bufaransa

Umunsi wageze, gutora Papa mushya bigiye gutangira

igire August 14, 2024 August 14, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Amerika: Abihinduje igitsina batangiye kwirukanwa mu gisirikare
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?