Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Ingabo za Congo zatangiye guhungira mu Rwanda
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Ingabo za Congo zatangiye guhungira mu Rwanda

igire
igire Yanditswe January 27, 2025
Share
SHARE

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, kuri uyu wa mbere tariki ya 27 Mutarama 2025,zatangiye guhungira i Rubavu zinyuze ku Mupaka Munini, Grande Barrière.

Abasirikare ba FARDC bishyikirije inzego z’umutekano z’u Rwanda, bari kubanza gusakwa no gutanga intwaro bitwaje.

Aba basirikare bahunze bambaye impuzankano z’igisirikare cya Congo, ndetse na bamwe bambaye imyenda isanzwe bikewa ko ari aba Wazalendo,ku maso baragaragara ko bafite umunaniro mu inshi cyane.

Ni nyuma y’imirwano ikaze yabaye mu ijoro ryo ku cyumweru byatamye uyu mutwe wa M23 uvuga ko ubu Umujyi wa Goma uwugenzura.

Umunyamakuru wacu ukorera mu karere ka Rubavu avuga ko ” Imirwano mu Mujyi wa Goma yakajije umurego ndetse amasasu ari kumvikana hafi cyane y’umupaka w’u Rwanda. Icyakora ingabo z’u Rwanda ziri maso.”

M23 isaba ibiganiro leta ya Congo ko niba bidakozwe ikomeza urugamba  ihanganyemo n’ingabo za leta

You Might Also Like

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS

Hatashywe Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa mbere mu Burayi bw’Amajyaruguru

Perezida Kagame yasuye ishuri ryigisha AI muri Algeriya

Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika

Umugaba w’Ingabo za Misiri yasuye u Rwanda (AMAFOTO)

igire January 27, 2025 January 27, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?