Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Inteko yatumije Minisitiri w’Ibikorwa remezo ngo asubize ibibazo by’amashanyarazi
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Ubukungu

Inteko yatumije Minisitiri w’Ibikorwa remezo ngo asubize ibibazo by’amashanyarazi

igire
igire Yanditswe October 31, 2023
Share
SHARE

Inteko rusange y’Umutwe w’Abadepite yafashe umwanzuro wo gutumiza minisitiri w’ibikorwa remezo ngo atange ibisobanuro mu magambo ku bibazo bitandukanye byagaragaye muri gahunda yo gucunga no gukwirakwiza amashanyarazi mu gihugu.

Ni nyuma y’uko Komisiyo y’ubukungu n’ubucuruzi mu Mutwe w’Abadepite igeje ku bagize Inteko rusange ibyavuye mu icukumbura ryimbitse yakoze kuri raporo y’umugenzuzi mukuru w’Imari ya Leta yerekeye itunganywa n’ikwirakwizwa ry’amashanyarazi

Iyi raporo igaragaza ibibazo bikibangamiye intego yo kugeza ku baturage amashanyarazi bitarenze umwaka wa 2024, harimo igipimo cy’umusaruro n’ubwiza bwa nyiramugengeri kikiri hagati ya 20% na 40% ugereranyije n’igipimo Leta yari yiteze mu nyigo yari yakozwe.

Iyi raporo igaragaza kandi ikibazo cy’igenamigambi n’imitangire y’amasoko bitinza ikwirajwiza ry’amashanyarazi n’ibikoresho mu bice bitandukanye by’igihugu.

You Might Also Like

Imenyerazamwuga niyo nkingi y’umurimo unoze

Ingengo y’imari ya 2025/2026 iziyongeraho miliyari 1 216,1Frw igere kuri miliyari 7 032,5 Frw

Umusaruro w’inganda wazamutseho 5% muri Werurwe 2025

U Rwanda mu nzira yo gushyiraho ibigega bizigama ibikomoka kuri peretoli litiro miliyoni 334

U Rwanda na PSG byongereye amasezerano y’imikoranire kugeza mu 2028

igire October 31, 2023 October 31, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Perezida Kagame asanga Abanyafurika ari bo kibazo ubwabo :AMAFOTO MEZA CYANE
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?