Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Kenya: Perezida William Ruto yemeye guhura na Raila Odinga utavuga rumwe nubutegetsi bwe
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Mu mahanga

Kenya: Perezida William Ruto yemeye guhura na Raila Odinga utavuga rumwe nubutegetsi bwe

igire
igire Yanditswe July 26, 2023
Share
PARIS, FRANCE - JUNE 22: William Ruto, President of Kenya, speaks onstage during Global Citizen's Power Our Planet: Live in Paris on June 22, 2023 in Paris, France. (Photo by Kristy Sparow/Getty Images for Global Citizen)
SHARE

Perezida wa Kenya William Ruto avuga ko yiteguye guhura n’umukuru w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi Raila Odinga, mu gihe haherutse kuba imyigaragambyo y’abamagana igiciro cy’imibereho kiri hejuru.

Abantu babarirwa muri za mirongo bapfiriye mu myigaragambyo.

Odinga amaze igihe ayobora iyo myigaragambyo yo guhatira leta kugabanya imisoro no kudohora ku bindi biciro biri hejuru.

Ku wa kabiri,Perezida Ruto yatangaje kuri Twitter ati”Nshuti yanjye @RailaOdinga, ndi mu nama muri Tanzania ku iterambere ry’abakozi igamije guhuriza hamwe kwagura amahirwe y’akazi ku mugabane wacu. Ndagaruka ku wa gatatu nimugoroba, kandi nkuko usanzwe ubizi, mfite umwanya wo guhura nawe imbona nkubone igihe icyo ari cyo cyose kikubereye”.Abitangaje nyuma yuko Odinga agiranye ikiganiro n’abanyamakuru akavuga ko Ruto yanze ubusabe bwa Perezida wa Tanzania bwo guhuza leta n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi.

Odinga yamaganye polisi ku bikorwa by’ubugome byayo ku bigaragambya, ndetse yasabye ko kuri uyu wa gatatu habaho ikiriyo cyo guha icyubahiro abantu biciwe mu myigaragambyo.

You Might Also Like

Perezida Kagame uri i Paris yakiriwe na Macron w’u Bufaransa

Umunsi wageze, gutora Papa mushya bigiye gutangira

Kenya: Batatu bafashwe bakekwaho gutera urukweto Perezida Ruto

Bugesera: Urubyiruko rwashyikirije utushoboye inzu yokubamo

Intumwa y’u Bwongereza itegerejwe mu Rwanda

igire July 26, 2023 July 26, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

UEFA Champions League:PSG isezereye Arsenal isanga Inter ku mukino wa nyuma
SIPORO

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?