Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Kigali: Hateraniye inama y’ihuriro ry’ibigega byo kwigira muri Afurika
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Kigali: Hateraniye inama y’ihuriro ry’ibigega byo kwigira muri Afurika

igire
igire Yanditswe July 7, 2023
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yitabiriye inama y’ihuriro ry’ibigega byo kwigira muri Afrika (Africa Sovereign Investors Forum).Ni ihuriro rigizwe n’ibigo bitandukanye birimo n’Agaciro Development Fund kanizihiza imyaka 10 kamaze gashinzwe.

Imibare irerekana ko mu myaka irenga 10 ishize hashyizweho Agaciro Development Fund, iki kigega kimaze kugira umutungo wa miliyoni 299 z’amadolari nyamara cyaratangiranye miliyari 20 z’amafranga y’u Rwanda gusa.

71.4% by’umutungo w’iki kigega yashowe mu kugura imigabane mu bigo bitandukanye byo mu Rwanda no mu karere, 25% yashowe mu mpapuro mpeshamwenda mu gihe 3.6% ari amafranga ari mu mitungo n’ibikoresho bisanzwe by’iki kigega.Bimwe mu bigo byashowemo amafranga n’iki kigega byiganjemo amabanki, ibigo by’ubwikorezi, ikoranabuhanga, ubwubatsi, inganda zitunganya zitandukanye zirimo izitunganya ibyo kurya n’izindi.

Biteganijwe ko mu mwaka wa 2030 iki kigega kizaba gifite umutungo wa miliyari 1 y’amadolari, ni ukuvuga asaga miliyari 1000 amafaranga y’u Rwanda.

 

Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yitabiriye inama y’ihuriro ry’ibigega byo kwigira muri Afrika (Africa Sovereign Investors Forum). Photo: Agaciro Fund

You Might Also Like

Perezida Kagame asanga Abanyafurika ari bo kibazo ubwabo :AMAFOTO MEZA CYANE

Perezida Kagame yaganiriye na mugenzi we wa Côte d’Ivoire

Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yakiriye Intumwa ya Perezida wa Ghana

VATICAN : Papa Leo XIV arasaba ko intambara zirangira

Amerika: Abihinduje igitsina batangiye kwirukanwa mu gisirikare

igire July 7, 2023 July 7, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Perezida Kagame asanga Abanyafurika ari bo kibazo ubwabo :AMAFOTO MEZA CYANE
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?