Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Kigali: Umukingo wagwiriye abakozi 4 bubakaga hoteli umwe ahita apfa
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
ubuzima

Kigali: Umukingo wagwiriye abakozi 4 bubakaga hoteli umwe ahita apfa

igire
igire Yanditswe January 8, 2024
Share
SHARE

Umukingo w’aharimo  gutegurirwa kubakwa hoteli  wagwiriye abakozi bane barimo bacukura munsi yawo, umwe ahita ahasiga ubuzima mu gihe abandi batatu bakomeretse.

Iyo mpanuka yabereye mu Mudugudu wa Jabiro, Akagari ka Nyagatovu, Umurenge wa Kimironko mu Karere ka Gasabo, kuri uyu wa Mbere tariki ya 8 Mutarama 2024.

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Gasabo Umwali Pauline, yemeje iby’iyi mpanuka, avuga ko abakomeretse bari kwitabwaho ku Bitaro Bikuru  bya Kibagabaga biherereye muri metero nkeya uvuye aho aho impanuka yabereye.

Ati: “Ni byo koko kuri iyi shantiye habereye impanuka umukingo wamanutse ugwira abakozi bane barimo bacukura umwe ni we wahasize ubuzima abandi 3 barakomereka bajyanwe ku Bitaro bya Kibagaba barimo kwitabwaho.”

Bamwe mu bo Imvaho Nshya yasanze ahabereye impanuka, bavuga ko uwo mukingp ushobora kuba worohejwe n’imvura yaraye iguye muri Kimironko.

You Might Also Like

Umwaka utaha umubare w’abiga igiforomo ku rwego rw’amashuri yisumbuye uzikuba kabiri

Rusizi: 92.1% by’abana bari munsi y’imyaka 5 barererwa muri ECDs

MUSANZE: Imirenge 4 yo muri Musanze na Gakenke yibasiwe na Malariya

Ibyaranze ishyingurwa rya Papa Francis

Ibyo wamenya kuri Bazilika ‘Santa Maria Maggiore’ ishyingurwamo Papa Fransikiko

igire January 8, 2024 January 8, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Perezida Kagame yasuye ishuri ryigisha AI muri Algeriya
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?