Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Madamu Jeannette Kagame yitabiriye isozwa ry’ihuriro ry’urubyiruko “Imbuto Zitoshye”
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Madamu Jeannette Kagame yitabiriye isozwa ry’ihuriro ry’urubyiruko “Imbuto Zitoshye”

igire
igire Yanditswe September 14, 2023
Share
SHARE

Madamu wa Perezida wa Repubulika Jeannette Kagame yitabiriye igikorwa cyo gusoza Ihuriro ry’urubyiruko rya 13 ry’Imbuto Zitoshye cyabereye mu Karere ka Gisagara, muri GS St Bernadette i Save.

Iri huriro ryari rimaze iminsi 4, rikaba ryaritabiriwe n’abafite imyaka hagati ya 12 na 18.

Gahunda ya Edified Generation’ yatangijwe na Madamu Jeannette Kagame muri 2002 hagamijwe kurihira amashuri abana batsinda neza mu ishuri ariko baturuka mu miryango idafite ubushobozi bwo kubabonera ibikenewe ngo babashe kwiga neza.

Umuryango Imbuto Foundation uvuga ko kuva icyo gihe abanyeshuri bagera ku 10,641 b’abahungu n’abakobwa ari bo bamaze guhabwa buruse zo kwiga mu mashuri yisumbuye.

Bimwe mu byaranze iri huriro ry’abanyeshuri harimo ibiganiro byatanzwe n’inzego zinyuranye ndetse no kugira umwanya wo kubaza no gutanga ibitekerezo.

 

 

You Might Also Like

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS

Hatashywe Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa mbere mu Burayi bw’Amajyaruguru

Perezida Kagame yasuye ishuri ryigisha AI muri Algeriya

Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika

Umugaba w’Ingabo za Misiri yasuye u Rwanda (AMAFOTO)

igire September 14, 2023 September 14, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?