Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Minisiteri y’Umurimo igiye gukaza guhana abatubahiriza uburenganzira bw’abakozi
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Uburezi

Minisiteri y’Umurimo igiye gukaza guhana abatubahiriza uburenganzira bw’abakozi

igire
igire Yanditswe June 30, 2023
Share
SHARE

 

Ubugenzuzi bw’umurimo, muri raporo bwakoze bwasanze ibigo 66 by’abikorera mu Ntara y’I Burengerazuba, ku kigero kiri munsi ya 50% byarishe amategeko agenga umurimo.

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo ishingiye ku byagaragaye yavuze ko igiye gushyira imbaraga mu guhana abica amategeko nkana.

Mu igenzura ryakorewe ku bigo by’abikorera 735  byo mu turere tugize Intara y’ I Burengerazuba, ibigo 66 ntibyubahirije amategeko y’ umurimo.

Bimwe mu binyuranyije n’amategeko byakozwe birimo kwima abakozi amasezerano y’akazi, guhembera mu ntoki aho kubahembere muri banki, kudatanga imisanzu y’ubwiteganyirize no gukerensa ubuzima n’umutekano w’abakozi mu kazi .

Akarere ka Rusizi niko kaza imbere mu kugira umubare munini w’abikorera bishe amategeko aho mu bigo 170 byagenzuwe 31 bari mu ibara ry’umutuku.

Mu nama nyunguranabiterezo ku kubahiriza amategeko y’ umurimo, abayitabiriye basanga hakwiye ingamba zikarishye ku batubahiriza amategeko y’umurimo.

Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Fanfan Rwanyindo avuga ko mu rwego rwo guca imigirire nk’iyagaragajwe, guhana bigiye gukazwa.

Intara y’I Burengerazuba igaragaza ko mu ngengo y’imari y’uyu mwaka yihaye intego yo guhanga imirimo ibihumbi 38 bikazafasha mu kugabanya ikigero cy’ ubukene bukabije kuri 26.1%.

Ku rundi ruhande ariko abikorera nabo basabwe korohereza abakirangiza amashuri, bahabwa umwanya n’ibyangombwa mu kwimenyereza akazi.

You Might Also Like

Maj Gen Vincent Nyakarundi yitabiriye Inama y’ingabo zirwanira ku butaka muri Afurika

CHORARE DE KIGALI : BARIMO GUTEGURA IGITARAMO CYAMATEKA.

Musanze: Ababyeyi bishimira ko abana babo basigaye bakorera ibizamini bya Leta hafi

Umuyobozi Mukuru wa REB Dr Mbarushimana yasabye abanyeshuri kwirinda gukopera

Abanyeshuri 202,999 batangiye ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza

igire June 30, 2023 June 30, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

VATICAN : Papa Leo XIV arasaba ko intambara zirangira
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?