Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Minisitiri Musabyimana yagiranye ibiganiro n’itsinda ry’abayobozi ba Kiliziya Gatolika mu Rwanda
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Minisitiri Musabyimana yagiranye ibiganiro n’itsinda ry’abayobozi ba Kiliziya Gatolika mu Rwanda

igire
igire Yanditswe July 5, 2023
Share
SHARE

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu, Musabyimana Jean Claude ari kumwe n’Umunyamabanga wa Leta muri MINALOC, Ingabire Assoumpta bakiriye abayobozi ba Diyosezi Gatolika mu Rwanda bari bayobowe na Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda akaba n’umuyobozi wa Diocese ya Kigali, Antoine Cardinal Kambanda.

Baganiriye ku bufatanye bukwiye kubaranga mu bikorwa bakorera abaturage.

Minisitiri Musabyimana avuga ko ikigamijwe ari ineza y’Abanyarwanda baba abari mu madini cyangwa abatayarimo.

Ibarura rusange ry’abaturage n’imiturire rya 2022 ryagaragaje ko mu Rwanda abayoboke ba Kiliziya Gatolika ari 39,9% ni ukuvuga abarenga miliyoni 5.

 

Zimwe mu ngingo impande zombi zaganiriyeho kandi ni gahunda y’isuku ndetse na gahunda yo gufasha abaturage kwivana mu bukene.

MINALOC ivuga ko hari urugamba rukomeye rwo kuvana abaturage mu bukene, kugira ngo bigerweho leta igomba kubijyanamo n’abafatanyabikorwa bayo barimo n’abanyamadini.

 

 


Sangiza abandi kuri

You Might Also Like

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS

Hatashywe Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa mbere mu Burayi bw’Amajyaruguru

Perezida Kagame yasuye ishuri ryigisha AI muri Algeriya

Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika

Umugaba w’Ingabo za Misiri yasuye u Rwanda (AMAFOTO)

igire July 5, 2023 July 5, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?