Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Minisitiri w’Intebe yashimye imikoranire y’u Rwanda na EU mu ishoramari
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Minisitiri w’Intebe yashimye imikoranire y’u Rwanda na EU mu ishoramari

igire
igire Yanditswe June 26, 2023
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yashimye imikoranire y’urwego rw’abikorera mu Rwanda n’Umuryango w’Ibihugu by’i Burayi (EU) ku bikorwa by’ishoramari birimo kugira uruhare mu gutanga imirimo mu Rwanda.Aha harimo ishoramari mu nzego zitandukanye zirimo ubucuruzi bw’ibikoresho by’ubwubatsi, ubwikorezi, ubucuruzi bw’imiti n’ibindi.

Minisitiri w’Intebe avuga ko hari ibigo bikomeye byo mu Burayi byashoye imari mu Rwanda birimo Volkswagen, ikigo cya Africa improved foods na BioNTech.

Umuyobozi wa RDB Clare Akamanzi avuga ko u Rwanda ari igihugu gitekanye ku rwego rw’Isi kikaba igihugu cyakira abakigana ku buryo abifuza gushora imari yabo mu masaha atandatu gusa umushoramari aba afunguye ikigo cy’ubucuruzi.

Iri huriro ry’ubucuruzi hagati y’u Rwanda n’Umuryango w’Ibihugu by’u Burayi ryitabiriwe n’Abanyarwanda bakora ubucuruzi mu bihugu by’u Burayi, abashoramari bo mu bihugu by’ u Burayi bakorera mu Rwanda n’abifuza gushora imari mu Rwanda ndetse n’abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda.

 

 

Minisitiri w’Intebe  Dr. Edouard Ngirente arikumwe na Ambassador Belén Calvo Uyarra uhagarariye Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi mu Rwanda ndetse na Clare Akamanzi Umyobozi wa RDB. Photo: RDB 

 

 

You Might Also Like

Perezida Kagame asanga Abanyafurika ari bo kibazo ubwabo :AMAFOTO MEZA CYANE

Perezida Kagame yaganiriye na mugenzi we wa Côte d’Ivoire

Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yakiriye Intumwa ya Perezida wa Ghana

VATICAN : Papa Leo XIV arasaba ko intambara zirangira

Amerika: Abihinduje igitsina batangiye kwirukanwa mu gisirikare

igire June 26, 2023 June 26, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Perezida Kagame asanga Abanyafurika ari bo kibazo ubwabo :AMAFOTO MEZA CYANE
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?