Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Minisitiri w’Intebe yasuye abahinzi b’imbuto bo muturere twa Ngoma- Kayonza-
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Minisitiri w’Intebe yasuye abahinzi b’imbuto bo muturere twa Ngoma- Kayonza-

igire
igire Yanditswe February 20, 2023
Share
SHARE

Abahinzi b’imbuto mu karere ka Kayonza na Ngoma baravuga ko ubuhinzi bakora buzabafasha kwivana mu bukene kuko babukora kinyamwuga.

Ibi babigaragaje ubwo Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yasuraga ahakorerwa ubuhinzi bw’imbuto kuri hegitari zisaga ibihumbi 400.

Umuyobozi w’Akarere ka Kayonza Nyemazi John Bosco avuga uyu mushinga w’ubuhinzi bw’imbuto witezweho kuzamura imibereho y’abaturage.

 

 

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Musafiri Ildephonse avuga ko uyu mushinga w’ubuhinzi bw’imbuto ujyanye n’imiterere y’uturere tugize Intara y’Iburasirazuba.

Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yasabye aba bahinzi gushyira imbaraga muri ubu buhinzi kuko isoko ry’umusaruro wabo rihari, abasaba kandi kurwanya imirire mibi.

Uyu mushinga w’ubuhinzi bw’imbuto ukorera mu mirenge 3 yo mu Karere ka Kayonza na Ngoma watwaye ingengo y’imari ingana na miriyari 4 z’amafaranga y’u Rwanda. Ubu harimo kurebwa uburyo ibikorwa byo kuhira byakwifashishwa imirasire y’izuba aho gukoresha imashini zuhira hakoreshejwe mazutu.

 

 

 

 

You Might Also Like

Perezida Kagame yerekanye inkingi 3 Afurika yakubakiraho ikagira umutekano usesuye/AMAFOTO

Gushyira mu ikoranabuhanga inyandiko z’Inkiko Gacaca bizarangira mu 2026

RGB yahagaritse by’agateganyo amasengesho abera ku Ngoro ya Yezu Nyirimpuhwe

360 Mubari barafashwe bugwate na FDLR batangiye gutaha

Perezida Kagame yeretse abanyeshuri ba Kaminuza ya Havard amateka abanyarwanda banyuzemo

igire February 20, 2023 February 20, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Barasaba ko umuhanda uhuza Ngororero na Rutsiro ukorwa
Ubukungu

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?