Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: MONUSCO irimo guhungisha abakozi bayo
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

MONUSCO irimo guhungisha abakozi bayo

igire
igire Yanditswe January 27, 2025
Share
SHARE

Abakozi ba MONUSCO n’imiryango yabo babaga mu mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo batangiye guhungishirizwa mu Rwanda.

bamwe  bavuga ko imirwano ku mugoroba tariki 26 Mutarama 2025 yari iteye ubwoba, bakajya kurara mu kigo cya MONUSCO, aho bakuwe bahungishirizwa mu Rwanda.

MONUSCO iratangaza ko abakozi bayo n’imiryango yabo bagera kuri 2040 bagomba gukurwa mu mujyi wa Goma,

Nubwo bisanzwe ko ku mupaka haba abakozi bashinzwe abinjira n’abasohoka ba DRC n’u Rwanda, abantu barimo kuva i Goma binjira mu Rwanda ntibakirwa n’abakozi b’urwego rwabinjira n’abasohoka ba DRC, barimo kwakirwa n’u Rwanda gusa.

Baravuga ko mu mujyi wa Goma harimo kumvikana amasasu, nubwo abasirikare ba FARDC barimo guta imyenda n’imbunda mu muhanda bakiruka.

MONUSCO irimo guhungisha abakozi bayo

MONUSCO irimo guhungisha abakozi bayo

Innocent (izina ryahinduwe kubera umutekano we), avuga ko kuva muri Goma centre kugera ku mupaka nta musirikare uhagaragara, naho umupaka munini ukaba urinzwe na MONUSCO.

Avuga ko mu mihanda i Goma ntabantu bagenda, ahubwo bari mu nzu bakaba bategereje amasasu arangira ubuzima bugakomeza.

Amwe mu mafoto arimo gufatwa n’abaturage mu mujyi wa Goma, aragaragaza bamwe mu barwanyi ba Wazalendo barimo gusahura.

You Might Also Like

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS

Hatashywe Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa mbere mu Burayi bw’Amajyaruguru

Perezida Kagame yasuye ishuri ryigisha AI muri Algeriya

Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika

Umugaba w’Ingabo za Misiri yasuye u Rwanda (AMAFOTO)

igire January 27, 2025 January 27, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?