Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Musanze: Ikibazo cy’ahashyirwa imyanda kigiye gukemuka burundu
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Ubukungu

Musanze: Ikibazo cy’ahashyirwa imyanda kigiye gukemuka burundu

igire
igire Yanditswe June 11, 2025
Share
SHARE

Abaturage bo mu Karere ka Musanze bavuga ko ikimoteri kigezweho kirimo kubakwa mu Murenge wa Gacaca ari igisubizo ku myanda yaburaga aho ijya bakanavuga ko babonyemo akazi gatunze imiryango yabo.

Imirimo yo kubaka iki kimoteri irarimbanyije aho imaze amezi agera kuri arindwi itangiye, abaturage bakaba bavuga ko bitezeho kubakiza imyanda ijugunywa hirya no hino yajyaga ibabangamira.

Aba baturage kandi ni na bo bari mu mirimo yo gukora iki kimoteri bahamya ko amafaranga barimo gukuramo ari kubateza imbere.

Iki kimoteri kirimo gutunganywa n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC).

Kizaba gifitiye akamaro kanini abaturage aho kizabaha ifumbire n’amazi yo kuhiza imyaka.

Biteganyijwe ko Ikimoteri cya Gacaca kizuzura muri Nzeri 2025, gitwaye asaga miliyari 4,5 Frw. Kizakusanya imyanda y’amoko yose ituruka mu Karere ka Musanze n’utundi turere tuhegereye.

You Might Also Like

Musanze: Abagore barara mu tubari barashinjwa kwica umuco no kwimika ubusambanyi

Bahinduriwe ubuzima babikesha gutura hafi ya Pariki ya Gishwati-Mukura

U Rwanda rwiteze inyungu kubera izamuka ry’ibiciro bya Wolfram

Kamonyi: Bashinja ‘Abahebyi’ kubangiriza imyaka yari kuri hegitari 20

Ibibazo by’inyamaswa zonera abaturage byikubye gatatu mu myaka itanu ishize

igire June 11, 2025 June 11, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Musanze: Abagore barara mu tubari barashinjwa kwica umuco no kwimika ubusambanyi
Ubukungu

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?